•     

Pasiteri yavuze ko gusezerana mu rusengero ari ubupagani

Umuhanuzi akaba n’intumwa w’itorero rya WRC yabwiye abayoboke be ndetse n’abaturage ko gusezeranira mu rusengero ari ubupagani.

Pasiteri yavuze ko gusezerana mu rusengero ari ubupagani
Pasiteri yavuze ko gusezerana mu rusengero ari ubupagani

Iyo ntumwa y'Imana  yo muri Tanzania yagaragaye kuri video ariko ntihatangazwe amazina ye,  izwiho amagambo akunze guteza impaka muri rubanda, yavuze  ibi ubwo yariho yigisha mu materaniro ku cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026

Uyu muhanuzi yagize ati" guhera mu gitabo cy'itangiriro kugeza mu gitabo cy' ibyahishyuwe ntahantu nahamwe Bibiriya igaragaza gusezerana mu rusengero ndetse no kwambikwa impeta. Iyo gusezeranira mu rusengero ari byo by’ingenzi, Imana ubwayo iba yarasezeranyije Adamu na Eva mu rusengero ikabambika n'impeta ., rero biriya ntabwo ari ukuri ahubwo ni ubupagani gusa."

Guhatira abantu gusezeranira imbere ya pasiteri cyangwa umushumba no kwambikana impeta, ni ubusa ndetse n’ubupagani bubi.

Aba bayobozi b’amadini bashimangira ibyo gusezeranira mu rusengero kubera inyungu zabo bwite.

Uyu Muhanuzi yavuze ko iyo imiryango ku mpande zombi yamaze kumvikana ndetse bamaze gusaba no gukwa, ibisigaye Pasiteri ahita abasengera akabahesha umugisha ariko bitiswe ko ari ukubasezeranya ngo babambike impeta. 

Bagabo John

Pasiteri yavuze ko gusezerana mu rusengero ari ubupagani

Pasiteri yavuze ko gusezerana mu rusengero ari ubupagani
Pasiteri yavuze ko gusezerana mu rusengero ari ubupagani

Umuhanuzi akaba n’intumwa w’itorero rya WRC yabwiye abayoboke be ndetse n’abaturage ko gusezeranira mu rusengero ari ubupagani.

Iyo ntumwa y'Imana  yo muri Tanzania yagaragaye kuri video ariko ntihatangazwe amazina ye,  izwiho amagambo akunze guteza impaka muri rubanda, yavuze  ibi ubwo yariho yigisha mu materaniro ku cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026

Uyu muhanuzi yagize ati" guhera mu gitabo cy'itangiriro kugeza mu gitabo cy' ibyahishyuwe ntahantu nahamwe Bibiriya igaragaza gusezerana mu rusengero ndetse no kwambikwa impeta. Iyo gusezeranira mu rusengero ari byo by’ingenzi, Imana ubwayo iba yarasezeranyije Adamu na Eva mu rusengero ikabambika n'impeta ., rero biriya ntabwo ari ukuri ahubwo ni ubupagani gusa."

Guhatira abantu gusezeranira imbere ya pasiteri cyangwa umushumba no kwambikana impeta, ni ubusa ndetse n’ubupagani bubi.

Aba bayobozi b’amadini bashimangira ibyo gusezeranira mu rusengero kubera inyungu zabo bwite.

Uyu Muhanuzi yavuze ko iyo imiryango ku mpande zombi yamaze kumvikana ndetse bamaze gusaba no gukwa, ibisigaye Pasiteri ahita abasengera akabahesha umugisha ariko bitiswe ko ari ukubasezeranya ngo babambike impeta. 

Bagabo John