•     

Pasiteri yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gusambanya umwana we

Tanzania: Umukozi w'Imana Pasiteri Nurdin Abdallah, yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana we yibyariye w'imyaka itandatu maze urukiko rumuhanisha gufungwa imyaka 30 muri Gereza

Pasiteri yakatiwe gufungwa imyaka 30  azira gusambanya umwana we
Pasiteri yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gusambyanya umwana we yibyariye

Ibinyamakuru bya Tanzania byanditse ko uyu mukozi w'Imana Abdallah yasambanyije uyu mwana we yibyariye mu bihe bitandukanye nkuko abatanga buhamya ndetse n'icyemezo cya Muganga cyerekanye ko uyu Abdallah yasambanyije uriya mwana kuko basanze akaranga busugi katakiriho.

Umucamanza witwa Erick Kimaro, wo murukiko rwo mu karere ka Magu mu ntara ya Mwanza, ubwo yasomaga imyanzuro y'urukiko yavuze ko urukiko rwabonye ibimenyetso byose kuburyo budashidikanywaho ko Pasiteri Abdallah yasambanyije uwo mwana we.

Pasiteri yakatiwe gufungwa  imyaka 30 azira gusambanya umwana we

Ati" Abatanga buhamya barimo uwakorewe icyaha uwo mwana, ndetse n'icyemezo cya Dr  wapimye uwo mwana agasanga koko yara sambambanyijwe byose ni gihamya yuko ibyo byabaye."

Ntabwo hatangajwe niba uwo umukozi w'Imana azajurira cyangwa se niba azakora iyo myaka 30 yose ari muri Gereza.

Bagabo John

Pasiteri yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gusambanya umwana we

Pasiteri yakatiwe gufungwa imyaka 30  azira gusambanya umwana we
Pasiteri yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gusambyanya umwana we yibyariye

Tanzania: Umukozi w'Imana Pasiteri Nurdin Abdallah, yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana we yibyariye w'imyaka itandatu maze urukiko rumuhanisha gufungwa imyaka 30 muri Gereza

Ibinyamakuru bya Tanzania byanditse ko uyu mukozi w'Imana Abdallah yasambanyije uyu mwana we yibyariye mu bihe bitandukanye nkuko abatanga buhamya ndetse n'icyemezo cya Muganga cyerekanye ko uyu Abdallah yasambanyije uriya mwana kuko basanze akaranga busugi katakiriho.

Umucamanza witwa Erick Kimaro, wo murukiko rwo mu karere ka Magu mu ntara ya Mwanza, ubwo yasomaga imyanzuro y'urukiko yavuze ko urukiko rwabonye ibimenyetso byose kuburyo budashidikanywaho ko Pasiteri Abdallah yasambanyije uwo mwana we.

Pasiteri yakatiwe gufungwa  imyaka 30 azira gusambanya umwana we

Ati" Abatanga buhamya barimo uwakorewe icyaha uwo mwana, ndetse n'icyemezo cya Dr  wapimye uwo mwana agasanga koko yara sambambanyijwe byose ni gihamya yuko ibyo byabaye."

Ntabwo hatangajwe niba uwo umukozi w'Imana azajurira cyangwa se niba azakora iyo myaka 30 yose ari muri Gereza.

Bagabo John