•     

Ndaburira abanya-Kenya bose!" – Gen. Muhoozi Kainerugaba

Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa Perezida Museveni, Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ubutumwa bukarishye yihanangiriza Abanya-Kenya bose bari gukwirakwiza amakuru y’ibihuha avuga ko se, Perezida Museveni, arwaye cyane cyangwa ari mu bihe bikomeye by’ubuzima.

Ndaburira abanya-Kenya bose!" – Gen. Muhoozi Kainerugaba
Gen Muhoozi yihanangirije abanya-Kenya

General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko gukwirakwiza ibihuha cyangwa ibiganiro birebana n’ubuzima cyangwa urupfu rwa Perezida wa Uganda ari icyaha gihanwa n’amategeko y’igihugu.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, Gen. Muhoozi yavuze ko inzego z’umutekano zatangiye gukusanya amakuru ku bantu ku giti cyabo bagaragaye bashyira ibihuha nk’ibi ku mbuga nkoranyambaga.

Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga zitandikanye hacicikana inkuru zivuga ko Perezida Museveni, arwaye akaba arembye.

Bagabo John

Ndaburira abanya-Kenya bose!" – Gen. Muhoozi Kainerugaba

Ndaburira abanya-Kenya bose!" – Gen. Muhoozi Kainerugaba
Gen Muhoozi yihanangirije abanya-Kenya

Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa Perezida Museveni, Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ubutumwa bukarishye yihanangiriza Abanya-Kenya bose bari gukwirakwiza amakuru y’ibihuha avuga ko se, Perezida Museveni, arwaye cyane cyangwa ari mu bihe bikomeye by’ubuzima.

General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko gukwirakwiza ibihuha cyangwa ibiganiro birebana n’ubuzima cyangwa urupfu rwa Perezida wa Uganda ari icyaha gihanwa n’amategeko y’igihugu.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, Gen. Muhoozi yavuze ko inzego z’umutekano zatangiye gukusanya amakuru ku bantu ku giti cyabo bagaragaye bashyira ibihuha nk’ibi ku mbuga nkoranyambaga.

Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga zitandikanye hacicikana inkuru zivuga ko Perezida Museveni, arwaye akaba arembye.

Bagabo John