•     

Nyuma yaho abonye akayabo kamafaranga akuye muri Betting, Pasiteri yafunze urusengero

Uganda: Umukozi w'Imana ( Pasiteri) yafunze urusengero rwe nyuma yaho abetinze akarya akayabo ka Mashilingi Miliyoni 100, agahita afata icyemezo cyo kujya mu bucuruzi (business)

Nyuma yaho abonye akayabo kamafaranga akuye muri Betting,  Pasiteri yafunze urusengero
Nyuma yaho asaruye akayabo ka mafaranga muri betting, Pasiteri yafunze urusengero

Uyu mukozi w'Imana utatangajwe amazina ye, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gufunga urusengero rwe akajya mu bucuruzi ( Business) nyuma yaho abonye akayabo ka Mashilingi angana na Miliyoni 100 yastindiye mu mukino wa mahirwe uzwi nka Betting.

Ku ya 16 Werurwe 2023 uyu mukozi w'Imana yatangaje ko yari yashinze urusengero kugira ngo abone imibereho biturutse mu maturo ya bakirisitu be, ariko ngo nyuma yaho abonye ariya Mashilingi agiye guhita ayakoramo igishoro kuko ngo ntabwo yakomeza gukora kariya kazi mugihe yamaze kubona igishoro.

Bamwe mu abakozi bimana bagenzi be, ntabwo batinguwe n'icyemezo cyuwo mu Pasiteri wafunze urusengero akajya mu bucuruzi kuko ngo harimo abashinga insengero bagamije indonke batagamije gukiza imitima yabantu.

Bagabo John

Nyuma yaho abonye akayabo kamafaranga akuye muri Betting, Pasiteri yafunze urusengero

Nyuma yaho abonye akayabo kamafaranga akuye muri Betting,  Pasiteri yafunze urusengero
Nyuma yaho asaruye akayabo ka mafaranga muri betting, Pasiteri yafunze urusengero

Uganda: Umukozi w'Imana ( Pasiteri) yafunze urusengero rwe nyuma yaho abetinze akarya akayabo ka Mashilingi Miliyoni 100, agahita afata icyemezo cyo kujya mu bucuruzi (business)

Uyu mukozi w'Imana utatangajwe amazina ye, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gufunga urusengero rwe akajya mu bucuruzi ( Business) nyuma yaho abonye akayabo ka Mashilingi angana na Miliyoni 100 yastindiye mu mukino wa mahirwe uzwi nka Betting.

Ku ya 16 Werurwe 2023 uyu mukozi w'Imana yatangaje ko yari yashinze urusengero kugira ngo abone imibereho biturutse mu maturo ya bakirisitu be, ariko ngo nyuma yaho abonye ariya Mashilingi agiye guhita ayakoramo igishoro kuko ngo ntabwo yakomeza gukora kariya kazi mugihe yamaze kubona igishoro.

Bamwe mu abakozi bimana bagenzi be, ntabwo batinguwe n'icyemezo cyuwo mu Pasiteri wafunze urusengero akajya mu bucuruzi kuko ngo harimo abashinga insengero bagamije indonke batagamije gukiza imitima yabantu.

Bagabo John