•     

Nyuma yo kumara imyaka 20 muri Geraza barekuwe bataburanye

Abagabo babiri bavukana baturuka muri Pakistani bari bafungiye muri Amerika muri gereza ya Gisiikare ya Guantanamo Bay, nyuma y'imyaka 20 bafunze barekuwe bataburanye

Nyuma yo kumara imyaka 20 muri Geraza barekuwe bataburanye
Abagabo baregagwa gukorana na al-Qaeda barekuwe bataburanye nyuma y'imyaka 20 bafunzwe

Abagabo babiri bavukana Uwitwa Abdul na Mohammed Ahmed Rabbani bafatiwe muri Pakistan muri 2002

Ibiro bya Pantagon byatangaje ko Ahmed Rabbani yari ayoboye ikicaro ca al-Qaeda, ni mugihe umuvandimwe Abdul yari ashinzwe ingendo ndetse no gutanga amafaranga ku bayobozi bakuru ba al-Qaeda.

Gereza ya Guantanamo isigayemo imfungwa 32

Abo bagabo bari batawe muriyombi muri Nzeri 2002, bigeze muri 2021 baza kurekurwa ariko ngo ntabwo bamenye uburyo batavuye muri Gereza icyo gihe, nyuma yo kurekurwa bahise basubizwa iwabo muri Pakistani.

Guantanamo ni Gereza ya Gisirikare 

Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ko iyo Gereza ya Guantanamo izafungwa nubwo ntagihe kizwi izafungirwa.

Kugeza ubu iyo Gereza irimo imfungwa 32

Bagabo John

Nyuma yo kumara imyaka 20 muri Geraza barekuwe bataburanye

Nyuma yo kumara imyaka 20 muri Geraza barekuwe bataburanye
Abagabo baregagwa gukorana na al-Qaeda barekuwe bataburanye nyuma y'imyaka 20 bafunzwe

Abagabo babiri bavukana baturuka muri Pakistani bari bafungiye muri Amerika muri gereza ya Gisiikare ya Guantanamo Bay, nyuma y'imyaka 20 bafunze barekuwe bataburanye

Abagabo babiri bavukana Uwitwa Abdul na Mohammed Ahmed Rabbani bafatiwe muri Pakistan muri 2002

Ibiro bya Pantagon byatangaje ko Ahmed Rabbani yari ayoboye ikicaro ca al-Qaeda, ni mugihe umuvandimwe Abdul yari ashinzwe ingendo ndetse no gutanga amafaranga ku bayobozi bakuru ba al-Qaeda.

Gereza ya Guantanamo isigayemo imfungwa 32

Abo bagabo bari batawe muriyombi muri Nzeri 2002, bigeze muri 2021 baza kurekurwa ariko ngo ntabwo bamenye uburyo batavuye muri Gereza icyo gihe, nyuma yo kurekurwa bahise basubizwa iwabo muri Pakistani.

Guantanamo ni Gereza ya Gisirikare 

Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ko iyo Gereza ya Guantanamo izafungwa nubwo ntagihe kizwi izafungirwa.

Kugeza ubu iyo Gereza irimo imfungwa 32

Bagabo John