•     

Umupolisi ufite ipeti rya Inspector of Police watorokanye amafaranga yo gushyingura arahigwa bukware

Tanzania: Umupolisi ifite ipeti rya Inspector of Police (IP) watorokanye amashilingi yagenewe ingoboka z'abantu bitabye Imana, yatorokeye muri Afirika y'Epfo ubu ariho arahigwa bukware kugirango azashikirizwe ubutabera.

Umupolisi ufite ipeti rya Inspector of Police watorokanye amafaranga yo gushyingura arahigwa bukware
Umupolisi watorokanye amashilingi yo gushyingura arahigwa

Aya makuru yemejwe n'umugenzuzi mukuru w'imali Charles Kichele ubwo yagezaga raporo kuri Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu.

Yagize ati". Amashilingi Miliyoni 270 twasanze yarakoreshejwe nyamara atarageze kuri banyirayo, abakoresheje ayo Mashilingi bahise bahunga igihugu".

Muri ubwo bugenzuzi bwakozwe basanze hari umupolisi ufite ipeti rya Inspector of Police (IP) ariko utatangajwe amazina ye wafashe ayo Mashilingi ahita ahungira muri Afirika y'Epfo, ubu inzego z'umutekano zikaba zishakisha uyu mupolisi kugirango azashyikirizwe ubutabera.

Amakuru avuga ko buri mupolisi atanga amashilingi 280 ku kwezi,   yo gushyira mu kigega ki ngoboka kuboryo iyo hari umupolisi wagize ibyago agapfusha umuntu wo mu muryango we, ayo Mashilingi akoreshwa mu gufasha umuryango harimo gushyingura ndetse n'impozamarira.

Bagabo John

Umupolisi ufite ipeti rya Inspector of Police watorokanye amafaranga yo gushyingura arahigwa bukware

Umupolisi ufite ipeti rya Inspector of Police watorokanye amafaranga yo gushyingura arahigwa bukware
Umupolisi watorokanye amashilingi yo gushyingura arahigwa

Tanzania: Umupolisi ifite ipeti rya Inspector of Police (IP) watorokanye amashilingi yagenewe ingoboka z'abantu bitabye Imana, yatorokeye muri Afirika y'Epfo ubu ariho arahigwa bukware kugirango azashikirizwe ubutabera.

Aya makuru yemejwe n'umugenzuzi mukuru w'imali Charles Kichele ubwo yagezaga raporo kuri Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu.

Yagize ati". Amashilingi Miliyoni 270 twasanze yarakoreshejwe nyamara atarageze kuri banyirayo, abakoresheje ayo Mashilingi bahise bahunga igihugu".

Muri ubwo bugenzuzi bwakozwe basanze hari umupolisi ufite ipeti rya Inspector of Police (IP) ariko utatangajwe amazina ye wafashe ayo Mashilingi ahita ahungira muri Afirika y'Epfo, ubu inzego z'umutekano zikaba zishakisha uyu mupolisi kugirango azashyikirizwe ubutabera.

Amakuru avuga ko buri mupolisi atanga amashilingi 280 ku kwezi,   yo gushyira mu kigega ki ngoboka kuboryo iyo hari umupolisi wagize ibyago agapfusha umuntu wo mu muryango we, ayo Mashilingi akoreshwa mu gufasha umuryango harimo gushyingura ndetse n'impozamarira.

Bagabo John