•     

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya, amusaba impinduka z’ingenzi.

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya
Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yashyizeho Jenerali Dau Aturjong Nyuol nka Mugaba Mukuru w’Ingabo nshya za Sudani y’Epfo (SSPDF), amusaba gukora impinduka zikomeye zigamije kuvugurura no guhindura izo ngabo kugira ngo zibe iz’igihugu, z’umwuga, zigezweho kandi zishoboye kugaragaza inshingano zazo ku rwego rwo hejuru.

Jenerali Nyuol asimbuye Paul Nang Majok, uherutse gukurwa kuri uwo mwanya muri Nyakanga, atangajweho impamvu zidasobanutse zatanzwe na Perezida.

Majok yari amaze amezi arindwi gusa ayobora izo ngabo.
Izi mpinduka zitezweho gufasha guhindura imikorere y’ingabo za Sudani y’Epfo, hanakosorwa ibibazo bimaze igihe bivugwa muri urwo rwego rw’umutekano.

Bagabo John 

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya
Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya, amusaba impinduka z’ingenzi.

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yashyizeho Jenerali Dau Aturjong Nyuol nka Mugaba Mukuru w’Ingabo nshya za Sudani y’Epfo (SSPDF), amusaba gukora impinduka zikomeye zigamije kuvugurura no guhindura izo ngabo kugira ngo zibe iz’igihugu, z’umwuga, zigezweho kandi zishoboye kugaragaza inshingano zazo ku rwego rwo hejuru.

Jenerali Nyuol asimbuye Paul Nang Majok, uherutse gukurwa kuri uwo mwanya muri Nyakanga, atangajweho impamvu zidasobanutse zatanzwe na Perezida.

Majok yari amaze amezi arindwi gusa ayobora izo ngabo.
Izi mpinduka zitezweho gufasha guhindura imikorere y’ingabo za Sudani y’Epfo, hanakosorwa ibibazo bimaze igihe bivugwa muri urwo rwego rw’umutekano.

Bagabo John