•     

Raila Odinga agiye kweguza Perezida Ruto

Raila Odinga yatangaje ko agiye gukusanya imikono y'abantu batifuza ko Perezida Ruto akomeza kuyobora Kenya kugirango azaveho bigizwemo uruhare n'abaturage.

Raila Odinga agiye kweguza Perezida Ruto
Raila Odinga agiye kweguza Perezida Ruto.

Raila Odinga utavuga rumwe na Perezida William Ruto,  yavuze ko tariki ya 9 Nyakanga 2023 aribwo azatangiza kampeni yo gukusanya imikono yokweguza  Perezida William Ruto. 

Iyi kampeni izatangirizwa ku mugaragaro ahitwa Kamukunji.

Abarwana Shyaka ba  Raila Odinga 

Raila Odinga yagize ati" Ubu twafashe ingamba zikomeye zo gukuraho ubutegetsi butemewe bwa Ruto kubera ko Ruto yazamuye imisoro twebwe abaturage tutabigizemo uruhare ndetse no gushyiraho amategeko yatumye imibereho yacu irishaho kuba mibi, ntabwo tuzemera gukomeza kwihanganira imibereho isharira ".

Raila Odinga yakomeje avuga ko abaturage batazakomeza kubabazwa biturutse ku butegetsi bubi bwa Perezida William Ruto. 

Ishya rya Raila Odinga ryitwa Azimo la Umoja, rifite inteko rusange tariki ya 7 Nyakanga 2023 arinabwo hazemezwa ibijyanye no gutangira gukusanya imikono y'abaturage bashaka gutakariza ikizere Perezida Ruto bigatuma yeguzwa.

Bagabo John

Raila Odinga agiye kweguza Perezida Ruto

Raila Odinga agiye kweguza Perezida Ruto
Raila Odinga agiye kweguza Perezida Ruto.

Raila Odinga yatangaje ko agiye gukusanya imikono y'abantu batifuza ko Perezida Ruto akomeza kuyobora Kenya kugirango azaveho bigizwemo uruhare n'abaturage.

Raila Odinga utavuga rumwe na Perezida William Ruto,  yavuze ko tariki ya 9 Nyakanga 2023 aribwo azatangiza kampeni yo gukusanya imikono yokweguza  Perezida William Ruto. 

Iyi kampeni izatangirizwa ku mugaragaro ahitwa Kamukunji.

Abarwana Shyaka ba  Raila Odinga 

Raila Odinga yagize ati" Ubu twafashe ingamba zikomeye zo gukuraho ubutegetsi butemewe bwa Ruto kubera ko Ruto yazamuye imisoro twebwe abaturage tutabigizemo uruhare ndetse no gushyiraho amategeko yatumye imibereho yacu irishaho kuba mibi, ntabwo tuzemera gukomeza kwihanganira imibereho isharira ".

Raila Odinga yakomeje avuga ko abaturage batazakomeza kubabazwa biturutse ku butegetsi bubi bwa Perezida William Ruto. 

Ishya rya Raila Odinga ryitwa Azimo la Umoja, rifite inteko rusange tariki ya 7 Nyakanga 2023 arinabwo hazemezwa ibijyanye no gutangira gukusanya imikono y'abaturage bashaka gutakariza ikizere Perezida Ruto bigatuma yeguzwa.

Bagabo John