Abajura bataramenyekana bateye murugo rw'uwitwa Melkisedeck Sositenes, utuye Kibaha mu ntara ya Pwani maze biba imodoka n'uruhinja rw'amezi arindwi maze ba nyiri rurugo babajugunya mu cyobo cy'Umusarani.
Amakuru avuga ko abo bajura bitwikiriye ijoro maze biba amafaranga, imodoka n'ibindi bintu bitandukanye., ndetse baniba Uruhinja rw'amezi arindwi.
Aba bajura nyuma yokwiba ayo imodoka hamwe n'ibindi birimo n'amafaranga ndetse nurwo ruhinja, bahise bafata banyiri urugo babajugunya mu cyobo cy'Umusarani ari bazima.

Kugeza ubu ntabwo bizwi niba abo bajugunywe mu musarane bakiri bazima cyangwa niba bitabye Imana.
Ntacyo Polisi cyangwa urundi rwego rwa Leta ruragira icyo rutangaza kuri amakuru.
Bagabo John
