•     

Tanzania: Guhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba, nta mutu wemerewe gusohoka munzu- IGP Camillus Wambura

Umuyobozi wa Polisi muri Tanzania IGP Camillus Wambura, yavuze ko guhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba kubaturage batuye mu mujyi wa Dar es Salaam.

Tanzania: Guhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba, nta mutu wemerewe gusohoka munzu- IGP  Camillus Wambura
Dar es Salaam babujijwe gusohoka mu nzu

Itangazo rya tanzwe n'umuyobozi wa Polisi IGP Camillus Wambura, yavuze guhera kuri uyu wa 29 Ukwakira 2025, guhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba, abari mu mujyi wa Dar es Salaam batemerewe gusohoka mu mazu zabo.

Iri tangazo rya Polisi  risohotse nyuma yaho mu mujyi wa Dar es Salaam,  hari Urubyiruko rwiraye mu mihanda rwamagana amatora aho bakozanyijeho na Polisi, hari amakuru avuga ko hari abakomerekeye muriyo myigaragambyo nubwo ntamibare iratangazwa.

Hari n'amakuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko mu bushyamirane bwahuje Polisi n'urwo rubyiruko  Umupolisi yakubiswe kugeza ashyizemo umwuka nubwo nta rwego ruratangaza ayo makuru.

Bagabo John

Tanzania: Guhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba, nta mutu wemerewe gusohoka munzu- IGP Camillus Wambura

Tanzania: Guhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba, nta mutu wemerewe gusohoka munzu- IGP  Camillus Wambura
Dar es Salaam babujijwe gusohoka mu nzu

Umuyobozi wa Polisi muri Tanzania IGP Camillus Wambura, yavuze ko guhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba kubaturage batuye mu mujyi wa Dar es Salaam.

Itangazo rya tanzwe n'umuyobozi wa Polisi IGP Camillus Wambura, yavuze guhera kuri uyu wa 29 Ukwakira 2025, guhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba, abari mu mujyi wa Dar es Salaam batemerewe gusohoka mu mazu zabo.

Iri tangazo rya Polisi  risohotse nyuma yaho mu mujyi wa Dar es Salaam,  hari Urubyiruko rwiraye mu mihanda rwamagana amatora aho bakozanyijeho na Polisi, hari amakuru avuga ko hari abakomerekeye muriyo myigaragambyo nubwo ntamibare iratangazwa.

Hari n'amakuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko mu bushyamirane bwahuje Polisi n'urwo rubyiruko  Umupolisi yakubiswe kugeza ashyizemo umwuka nubwo nta rwego ruratangaza ayo makuru.

Bagabo John