•     

Tanzania: Leta yatangaje ibyiciro bifite ibyago byo kwandura cya cyorezo gikomeje kuvugwa.

Leta ya Tanzania yatangaje ko hari ibyiciro by'abantu bashobora kwibasirwa n'indwara yadutse mu ntara ya Lindi aho umuntu ava amaraso mu mazuru agahita yikubita hasi nkumuntu urwaye igicuri

Tanzania: Leta yatangaje ibyiciro bifite ibyago byo kwandura cya cyorezo gikomeje kuvugwa.
Hatangajwe ibyiciro bishobora kwibasirwa nayandwara y'ibicurane

Ibyo byiciro bishobora kugira ibyago byo kwandura indwara y'ibicurane harimo,  bakora mu buhinzi,abakora mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro, abakora mu mabagiro,  abaveterineri, abashinzwe kwita ku nyamaswa n'abakozi bakora ibikomoka ku mata, bashobora guhura n'ikibazo cyo kwandura iyi ndwara y' ibicurane kubera akazi bakora.

Kuri uyu wa 20 Nyakanga 2022 Minisitiri w'Ubuzima Mwalimu    Ummy,
yavuze ko kugeza ku ya 17 Nyakanga 2022, habaruwe abarwayi 20 n’abantu batatu bitabye Imana.

Minisitiri w'Ubuzima Ummy Mwalimu

"Kugeza ubu, abarwayi babiri gusa nibo bafite ibimenyetso byiyo ndwara y'ibicura bakaba barashyizwe mu kato ahantu bavurirwa.

Ikindi, nuko itsinda ry'abaganga rikomeje gukurikira abantu bose bagaragaza ibimenyetso byiyo ndwara y'ibicurane.

Bagabo John

Tanzania: Leta yatangaje ibyiciro bifite ibyago byo kwandura cya cyorezo gikomeje kuvugwa.

Tanzania: Leta yatangaje ibyiciro bifite ibyago byo kwandura cya cyorezo gikomeje kuvugwa.
Hatangajwe ibyiciro bishobora kwibasirwa nayandwara y'ibicurane

Leta ya Tanzania yatangaje ko hari ibyiciro by'abantu bashobora kwibasirwa n'indwara yadutse mu ntara ya Lindi aho umuntu ava amaraso mu mazuru agahita yikubita hasi nkumuntu urwaye igicuri

Ibyo byiciro bishobora kugira ibyago byo kwandura indwara y'ibicurane harimo,  bakora mu buhinzi,abakora mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro, abakora mu mabagiro,  abaveterineri, abashinzwe kwita ku nyamaswa n'abakozi bakora ibikomoka ku mata, bashobora guhura n'ikibazo cyo kwandura iyi ndwara y' ibicurane kubera akazi bakora.

Kuri uyu wa 20 Nyakanga 2022 Minisitiri w'Ubuzima Mwalimu    Ummy,
yavuze ko kugeza ku ya 17 Nyakanga 2022, habaruwe abarwayi 20 n’abantu batatu bitabye Imana.

Minisitiri w'Ubuzima Ummy Mwalimu

"Kugeza ubu, abarwayi babiri gusa nibo bafite ibimenyetso byiyo ndwara y'ibicura bakaba barashyizwe mu kato ahantu bavurirwa.

Ikindi, nuko itsinda ry'abaganga rikomeje gukurikira abantu bose bagaragaza ibimenyetso byiyo ndwara y'ibicurane.

Bagabo John