•     

Tanzania "Ruswa muri Polisi yabaye igufwa rikomeye, Perezida Samia"

Perezida wa Tanzania Hassan Samia Suluhu yongeye gutunga agatoki Polisi ishami ryo mu muhanda ko hakirangwa na Ruswa yabaye nkigufwa rikomeye.

Tanzania "Ruswa muri Polisi yabaye igufwa rikomeye, Perezida Samia"
Muri Polisi haravugwa ruswa yabaye nk'igufwa.

Ibi Perezida Samia yabigarutseho kuri uyu wambere tariki ya 4 Nzeri 2023 ubwo yatangizaga inama y'abapolisi .

Yagize ati" Indirimbo yanyu ninziza pee, nambere yuko inza hano nabanje kuyifungura kuri YouTube nongera ndayumva irimo amagambo meza, nahise mvuga ngo aya magambo ari muri iyi ndirimbo iyaba mwa yumvaga mu kayakurikiza nakabaye mfite Igipolisi  cy'abamarayika".

Polisi Ishami ryo Mumuhanda ryongeye gutungwa agatoki ko hakirimo Ruswa.

Perezida Samia yavuze ko nubwo hari byinshi byakozwe kugira ngo Polisi yongererwe ubushobozi, haracyari ikibazo cya Ruswa by'umwihariko ishami ryo mu muhanda Traffic Police.

Yagize ati" Hari byinshi byakozwe  kugirango igipolisi kimere neza ariko haracyari ikibazo aho Ruswa yabaye igufwa rikomeye muri Polisi aho abaturage ba kinubira ruswa ivugwa muri Polisi ishami ryo mu muhanda."

Perezida Samia Yasabye Umuyobozi wa Polisi IGP Camillus Wambura,  gukora ibishoboka byose kugira ngo Polisi ebe ifite ibigwi mpuzampahanga.

Perezida Samia akunze kugaruka ku kibazo cya ruswa by'umwihariko ishami ryo mu muhanda kuko abaturage bakunze ku mutakira bamubwira ko iyo ruswa iteye inkeke.

Bagabo John

Tanzania "Ruswa muri Polisi yabaye igufwa rikomeye, Perezida Samia"

Tanzania "Ruswa muri Polisi yabaye igufwa rikomeye, Perezida Samia"
Muri Polisi haravugwa ruswa yabaye nk'igufwa.

Perezida wa Tanzania Hassan Samia Suluhu yongeye gutunga agatoki Polisi ishami ryo mu muhanda ko hakirangwa na Ruswa yabaye nkigufwa rikomeye.

Ibi Perezida Samia yabigarutseho kuri uyu wambere tariki ya 4 Nzeri 2023 ubwo yatangizaga inama y'abapolisi .

Yagize ati" Indirimbo yanyu ninziza pee, nambere yuko inza hano nabanje kuyifungura kuri YouTube nongera ndayumva irimo amagambo meza, nahise mvuga ngo aya magambo ari muri iyi ndirimbo iyaba mwa yumvaga mu kayakurikiza nakabaye mfite Igipolisi  cy'abamarayika".

Polisi Ishami ryo Mumuhanda ryongeye gutungwa agatoki ko hakirimo Ruswa.

Perezida Samia yavuze ko nubwo hari byinshi byakozwe kugira ngo Polisi yongererwe ubushobozi, haracyari ikibazo cya Ruswa by'umwihariko ishami ryo mu muhanda Traffic Police.

Yagize ati" Hari byinshi byakozwe  kugirango igipolisi kimere neza ariko haracyari ikibazo aho Ruswa yabaye igufwa rikomeye muri Polisi aho abaturage ba kinubira ruswa ivugwa muri Polisi ishami ryo mu muhanda."

Perezida Samia Yasabye Umuyobozi wa Polisi IGP Camillus Wambura,  gukora ibishoboka byose kugira ngo Polisi ebe ifite ibigwi mpuzampahanga.

Perezida Samia akunze kugaruka ku kibazo cya ruswa by'umwihariko ishami ryo mu muhanda kuko abaturage bakunze ku mutakira bamubwira ko iyo ruswa iteye inkeke.

Bagabo John