•     

DRC: Ntabwo tuzava muri Kongo kuko turi abenegihugu" Maj Willy Ngoma"

Umuvugizi M23, Maj Willy Ngoma, yatangaje ko atazava muri DRC ku ko ari abenegihugu ba DRC kandi ko badashobora kuva mu gihugu.

DRC: Ntabwo tuzava muri Kongo kuko turi abenegihugu" Maj  Willy Ngoma"
Maj Willy Ngoma ntakozwa ibyo kuva muri DRC

Maj  Ngoma yavuze ko ikibazo cy'umutekano muke mu burasirazuba bwa DRC ari poritiki kandi ko gikwiye gukemurwa mu buryo bwa Poritike.

Inyeshyamba za M23 muri RDC zavuze ko ibiganiro by’amahoro hagati ya perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa DRC Felix Tshisekedi bitazarangiza intambara ibera mu burasirazuba bwa DRC.

Maj  Ngoma yavuze ko ikibazo cy'umutekano muke mu burasirazuba bwa DRC ari politiki kandi ko gikwiye gukemurwa mu buryo bwa poritike.

M23 rivuga ko iharanira uburenganzira bwa rubanda rugufi muri RDC, ariko leta ya DRC ibashinja ko ari igikoresho cy’u Rwanda nkuko RIF dukesha iyinkuru yabitangaje.

Ibiganiro byabereye muri Angola, biyobowe na Perezida João Lourenço, byameje guhagarika amakimbirane ari hagati ya DRC n'u Rwanda.

Umubano hagati yu Rwanda na DRC wifashe nabi kuva inyeshyamba za M23 zagaba igitero gishya muri Werurwe uyu mwaka.
M23 kuri ubu igenzura umujyi wa Bunagana uri ku mupaka na Uganda.

Bagabo John

DRC: Ntabwo tuzava muri Kongo kuko turi abenegihugu" Maj Willy Ngoma"

DRC: Ntabwo tuzava muri Kongo kuko turi abenegihugu" Maj  Willy Ngoma"
Maj Willy Ngoma ntakozwa ibyo kuva muri DRC

Umuvugizi M23, Maj Willy Ngoma, yatangaje ko atazava muri DRC ku ko ari abenegihugu ba DRC kandi ko badashobora kuva mu gihugu.

Maj  Ngoma yavuze ko ikibazo cy'umutekano muke mu burasirazuba bwa DRC ari poritiki kandi ko gikwiye gukemurwa mu buryo bwa Poritike.

Inyeshyamba za M23 muri RDC zavuze ko ibiganiro by’amahoro hagati ya perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa DRC Felix Tshisekedi bitazarangiza intambara ibera mu burasirazuba bwa DRC.

Maj  Ngoma yavuze ko ikibazo cy'umutekano muke mu burasirazuba bwa DRC ari politiki kandi ko gikwiye gukemurwa mu buryo bwa poritike.

M23 rivuga ko iharanira uburenganzira bwa rubanda rugufi muri RDC, ariko leta ya DRC ibashinja ko ari igikoresho cy’u Rwanda nkuko RIF dukesha iyinkuru yabitangaje.

Ibiganiro byabereye muri Angola, biyobowe na Perezida João Lourenço, byameje guhagarika amakimbirane ari hagati ya DRC n'u Rwanda.

Umubano hagati yu Rwanda na DRC wifashe nabi kuva inyeshyamba za M23 zagaba igitero gishya muri Werurwe uyu mwaka.
M23 kuri ubu igenzura umujyi wa Bunagana uri ku mupaka na Uganda.

Bagabo John