•     

Turifuza ko umwaka urangira SK GROUP ikoresha abantu batari munsi ya 200- Sam Karenzi

Umuyobozo wa SK Group irimo Radio Sk Fm ndetse na SK Shop igurisha ibikoresho bya Siporo hano mu Rwanda, Umunyamakuru Sam Karenzi yatangaje ko binyuze muri iyi SK GROUP, yifuza ko mu mpera z'uyu mwaka yaba amaze gutanga akazi kubantu byibuza bagera kuri 200.

Turifuza ko umwaka urangira SK GROUP ikoresha abantu batari munsi ya 200- Sam Karenzi
SK Group igiye gutanga akazi katari munsi y'abantu 200 bitarenze impera z'uyu mwaka

Mu kiganiro yagiranye n'ikinyamakuru igihe  Culture, Karenzi yavuze ko igitekerezo cya SK Group gishingiye ku bikorwa bitandukanye  atari Radio gusa.

Aha ninaho Karenzi yaheteye avuga ko byibuza mu mpereza z'uyu mwaka dugiye gusoza  iyi SK Group  izaba itanga akazi kubantu batari munsi ya 200.

Ati" Turifuza ko umwaka urangira SK GROUP ikoresha abantu batari munsi ya 200 cyangwa 300.”

SK FM ni ‘Group’ igizwe n’ibikorwa bitandukanye, muri ibyo bikorwa ikizwi cyane harimo Radio  SK FM  ndetse n'iduka ricuruza ibikoresho bya Siporo ryamaze kuba ubukombe n'igisubizo kubakunzi ba Siporo ryitwa SK Shop, rikorera mu Mujyi wa Kigali.

Bagabo John

Turifuza ko umwaka urangira SK GROUP ikoresha abantu batari munsi ya 200- Sam Karenzi

Turifuza ko umwaka urangira SK GROUP ikoresha abantu batari munsi ya 200- Sam Karenzi
SK Group igiye gutanga akazi katari munsi y'abantu 200 bitarenze impera z'uyu mwaka

Umuyobozo wa SK Group irimo Radio Sk Fm ndetse na SK Shop igurisha ibikoresho bya Siporo hano mu Rwanda, Umunyamakuru Sam Karenzi yatangaje ko binyuze muri iyi SK GROUP, yifuza ko mu mpera z'uyu mwaka yaba amaze gutanga akazi kubantu byibuza bagera kuri 200.

Mu kiganiro yagiranye n'ikinyamakuru igihe  Culture, Karenzi yavuze ko igitekerezo cya SK Group gishingiye ku bikorwa bitandukanye  atari Radio gusa.

Aha ninaho Karenzi yaheteye avuga ko byibuza mu mpereza z'uyu mwaka dugiye gusoza  iyi SK Group  izaba itanga akazi kubantu batari munsi ya 200.

Ati" Turifuza ko umwaka urangira SK GROUP ikoresha abantu batari munsi ya 200 cyangwa 300.”

SK FM ni ‘Group’ igizwe n’ibikorwa bitandukanye, muri ibyo bikorwa ikizwi cyane harimo Radio  SK FM  ndetse n'iduka ricuruza ibikoresho bya Siporo ryamaze kuba ubukombe n'igisubizo kubakunzi ba Siporo ryitwa SK Shop, rikorera mu Mujyi wa Kigali.

Bagabo John