•     

Umugabo yiyahuriye ku Rukiko hitabazwa Polisi ishami rishinzwe kuzimya inkongi y'umuriro

Umugabo utaramenyekana amazina ye mu gihugu cya Kenya, yiyahuriye ku Rukiko rw'Ikirenga ruri i Nairobi, ubwo yimenagaho Peterori ahita ashya hitabazwa Polisi ishami rishinzwe kuzimya inkongi yumuriro, ahita yihutanwa Kwa Muganga.

Umugabo yiyahuriye ku Rukiko  hitabazwa Polisi ishami rishinzwe kuzimya inkongi y'umuriro
Umugabo yiyahuriye ku Rukiko rw'Ikirenga hitabazwa Polisi ishami rishinzwe kuzimya inkongi y'umuriro

Amakuru yatanzwe na Polisi, yavuze ko Umugabo utaramenyekana amazina ye, kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Werurwe 2025, uwo mugabo yaje kuriko rw'ikirenga afite impapuro bikekwa ko zari izurubanza, ndetse n'icupa ryarimo Peterori maze  ageze ku Rukiko ahita ashyira hasi za Mpapuro ahita yimenaho iryo cupa rya Peterori afata ikibiriti ahita yitwika atangira gushya.

Polisi ikorera kuri urwo Rukiko rw'Ikirenga, yahise ihamagara ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi y'umuriro maze baraza batangira kuzimya  uwo mugabo ndetse bahamagaza n'imbangukira gutabara bahita bamutwara kwa Muganga.

Polisi yatanganje ko uwo mugabo namara gukira bazatangira ku mukoraho iperereza namubaze impamvu yamuteye gushaka kwiyambura Ubuzima.

Gusa hari amakuru avuga ko bitewe nuko Imanza zitinda mu inkiko, hari bamwe babona ko baba bararenganyujwe bikabaviramo gufata imwe mu myanzuro mibi harimo niyo kwiyahura.

Bagabo John

Umugabo yiyahuriye ku Rukiko hitabazwa Polisi ishami rishinzwe kuzimya inkongi y'umuriro

Umugabo yiyahuriye ku Rukiko  hitabazwa Polisi ishami rishinzwe kuzimya inkongi y'umuriro
Umugabo yiyahuriye ku Rukiko rw'Ikirenga hitabazwa Polisi ishami rishinzwe kuzimya inkongi y'umuriro

Umugabo utaramenyekana amazina ye mu gihugu cya Kenya, yiyahuriye ku Rukiko rw'Ikirenga ruri i Nairobi, ubwo yimenagaho Peterori ahita ashya hitabazwa Polisi ishami rishinzwe kuzimya inkongi yumuriro, ahita yihutanwa Kwa Muganga.

Amakuru yatanzwe na Polisi, yavuze ko Umugabo utaramenyekana amazina ye, kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Werurwe 2025, uwo mugabo yaje kuriko rw'ikirenga afite impapuro bikekwa ko zari izurubanza, ndetse n'icupa ryarimo Peterori maze  ageze ku Rukiko ahita ashyira hasi za Mpapuro ahita yimenaho iryo cupa rya Peterori afata ikibiriti ahita yitwika atangira gushya.

Polisi ikorera kuri urwo Rukiko rw'Ikirenga, yahise ihamagara ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi y'umuriro maze baraza batangira kuzimya  uwo mugabo ndetse bahamagaza n'imbangukira gutabara bahita bamutwara kwa Muganga.

Polisi yatanganje ko uwo mugabo namara gukira bazatangira ku mukoraho iperereza namubaze impamvu yamuteye gushaka kwiyambura Ubuzima.

Gusa hari amakuru avuga ko bitewe nuko Imanza zitinda mu inkiko, hari bamwe babona ko baba bararenganyujwe bikabaviramo gufata imwe mu myanzuro mibi harimo niyo kwiyahura.

Bagabo John