•     

Umupolisi yariwe n'inzuki kugeza ashizemo umwuka

Umupolisi witwa Benson Chacha, wari utuye mu ntara ya Mara yitabye Imana nyuma yokuribwa n'inzuki ari muri Resitora kugeza yitabye Imana.

Umupolisi yariwe n'inzuki kugeza ashizemo umwuka
Umupolisi yariwe n'inzuki kugeza ashizemo umwuka

Amakuru avuga ko ibi byabaye kuri uyu wagatandatu tariki ya 6 Ukuboza 2025, ubwo Nyakwigendera Benson ChaCha yari muri Resitora maze haza inzuki ziramwadukira zitangira kumurya gukeza ashizemo umwuka.

Kugeza ubu abaturage babonye ibyo biba, babihuje n'imigenzo ya gipfumu kuko ngo usibye uwo mupolisi zariye kugeza yitabye Imana,  mubo bari kumwe aho muri Resitora ntanumwe zariye.

Bagabo John

Umupolisi yariwe n'inzuki kugeza ashizemo umwuka

Umupolisi yariwe n'inzuki kugeza ashizemo umwuka
Umupolisi yariwe n'inzuki kugeza ashizemo umwuka

Umupolisi witwa Benson Chacha, wari utuye mu ntara ya Mara yitabye Imana nyuma yokuribwa n'inzuki ari muri Resitora kugeza yitabye Imana.

Amakuru avuga ko ibi byabaye kuri uyu wagatandatu tariki ya 6 Ukuboza 2025, ubwo Nyakwigendera Benson ChaCha yari muri Resitora maze haza inzuki ziramwadukira zitangira kumurya gukeza ashizemo umwuka.

Kugeza ubu abaturage babonye ibyo biba, babihuje n'imigenzo ya gipfumu kuko ngo usibye uwo mupolisi zariye kugeza yitabye Imana,  mubo bari kumwe aho muri Resitora ntanumwe zariye.

Bagabo John