•     

Wamubyeyi uherutse kwibaruka abana batanu bose bamaze kwitaba Imana

Amakuru yatangajwe na the Standard, avuga ko abo bana bitabye Imana kuri uyu wa gatatu mu bitaro bya Nakuru muri Kenya.

Wamubyeyi uherutse kwibaruka abana batanu bose bamaze kwitaba Imana
Wamuryango wabyaye abana batanu bose bamaze kwitaba Imana

Mu minsi ishize ubwo ise waba bana yari akimara kumenya inkuru yuko umugore we yabyaye abana batanu, yatangaje ko  yishimiye kuba yabyaye bariya bana ndetse akanavuga ko ari umugisha kuri we, yavuze ko bitoroshye kurera abana umunani bose bityo ko yifuza ubufasha ku bagiraneza batandukanye.

Abo bana bari bakiri mu bitaro kuko bavutse igihe kitaragera  bavukiye amezi atandatu ni mugihe bakabaye bavukira amezi icyenda. 

Bagabo John

Wamubyeyi uherutse kwibaruka abana batanu bose bamaze kwitaba Imana

Wamubyeyi uherutse kwibaruka abana batanu bose bamaze kwitaba Imana
Wamuryango wabyaye abana batanu bose bamaze kwitaba Imana

Amakuru yatangajwe na the Standard, avuga ko abo bana bitabye Imana kuri uyu wa gatatu mu bitaro bya Nakuru muri Kenya.

Mu minsi ishize ubwo ise waba bana yari akimara kumenya inkuru yuko umugore we yabyaye abana batanu, yatangaje ko  yishimiye kuba yabyaye bariya bana ndetse akanavuga ko ari umugisha kuri we, yavuze ko bitoroshye kurera abana umunani bose bityo ko yifuza ubufasha ku bagiraneza batandukanye.

Abo bana bari bakiri mu bitaro kuko bavutse igihe kitaragera  bavukiye amezi atandatu ni mugihe bakabaye bavukira amezi icyenda. 

Bagabo John