•     

Tanzania : Yakatiwe kwicwa azira kuba yarishe umugorewe amuziza ko yamwimye aka kabiri mu buriri

Umugabo witwa Taitus Malambwa ufite imyaka 28, yakatiwe n'urukiko igihano cyo kwicwa nyuma yaho ahamijwe icyaha cyo kwica umugorewe amuziza kuba yaranze ko biyongeza ubwo bari mu gikorwa cyo gutera akabariro.

Tanzania : Yakatiwe kwicwa azira kuba yarishe umugorewe amuziza ko yamwimye aka kabiri mu buriri
Yakatiwe Igihano cyo kwicwa nyuma nyuma yaho yishe umugorewe amuziza lwanga kwiyongeza ubwo bariho batera akabariro

Umucamanza yavuze ko mu buhanya bwatanzwe na Nyina umubyara ndetse na Nyirasenge, bashimangiye ko uyu mugabo ubwo yari amaze gutera akabariro inshuro yambere, yahise asaba umugore ngo bongere bakore indi nshuro hanyuma umugore arabyanga niko  guhita afata icyemezo cyo ku mwica.

Iki cyaha yagikoze tariki 3 Ugushyingo  2019 mu gace kitwa  Ntibili, mu karere ka Mlele

Kuruhande rw' uwunganira Taitus abagijwe icyo yakongeraho, yasubije ko ntacyo afite cyo kuvuga kuko itegeko ribisobanura neza ko uwahamwe nicya cyo kwica umuntu ahanishwa igihano cyo kwicwa.

Bagabo John

Tanzania : Yakatiwe kwicwa azira kuba yarishe umugorewe amuziza ko yamwimye aka kabiri mu buriri

Tanzania : Yakatiwe kwicwa azira kuba yarishe umugorewe amuziza ko yamwimye aka kabiri mu buriri
Yakatiwe Igihano cyo kwicwa nyuma nyuma yaho yishe umugorewe amuziza lwanga kwiyongeza ubwo bariho batera akabariro

Umugabo witwa Taitus Malambwa ufite imyaka 28, yakatiwe n'urukiko igihano cyo kwicwa nyuma yaho ahamijwe icyaha cyo kwica umugorewe amuziza kuba yaranze ko biyongeza ubwo bari mu gikorwa cyo gutera akabariro.

Umucamanza yavuze ko mu buhanya bwatanzwe na Nyina umubyara ndetse na Nyirasenge, bashimangiye ko uyu mugabo ubwo yari amaze gutera akabariro inshuro yambere, yahise asaba umugore ngo bongere bakore indi nshuro hanyuma umugore arabyanga niko  guhita afata icyemezo cyo ku mwica.

Iki cyaha yagikoze tariki 3 Ugushyingo  2019 mu gace kitwa  Ntibili, mu karere ka Mlele

Kuruhande rw' uwunganira Taitus abagijwe icyo yakongeraho, yasubije ko ntacyo afite cyo kuvuga kuko itegeko ribisobanura neza ko uwahamwe nicya cyo kwica umuntu ahanishwa igihano cyo kwicwa.

Bagabo John