•     

Kenya: Perezida Kenyata asize ubukene buvuza ubuhuha mu baturage.

Uhuru Kenyatta usigaje ukwezi kumwe ngo atange ubutegetsi binyuze mu matora. abanyakenya agiye kubasiga bugarijwe n'ubukene Ugereranyije nuwo yasimbuye nyakwigendera Mwai Kibaki muri 2013.

Kenya: Perezida Kenyata asize ubukene buvuza ubuhuha mu baturage.
Perezida Uhuru Kenyata agiye gusoza manda ye abaturage bugarijwe n'ubukene.

Ubuzima bw’Abanyakenya bwifashe nabi mu myaka 10 y’ubutegetsi bwa Perezida Kenyatta, kuko habayeho kuzamuka ku biciro by’ibicuruzwa ku buryo abaturage benshi badashobora kubona ibyo bakeneye  cyane cyane ibiribwa, kwivuza nibindi.

Ubushakashatsi bwakozwe  n'ikinyamakuru Taifa leo dukesha iyinkuru,  bwerekana ko igiciro cy’ibicuruzwa  cyazamutse kuva mu 2013 ku kigero kiri hagati ya 30 na 124 ku ijana ugereranije  no kubutegetsi bwuwo yasimbuye nyakwigendera Mwai Kibaki.

Kurugero, ikiro kifu y'ubugari yaguraga Sh109 muri Werurwe 2013, ku bwa Kibaki, ukwezi kumwe mbere yuko Kibaki agenda, ubu yazamutse ku kigereranyo cya mashilingi 210 mu maduka, byerekana ko yiyongereyeho 92.7%.

Bagabo John 

Kenya: Perezida Kenyata asize ubukene buvuza ubuhuha mu baturage.

Kenya: Perezida Kenyata asize ubukene buvuza ubuhuha mu baturage.
Perezida Uhuru Kenyata agiye gusoza manda ye abaturage bugarijwe n'ubukene.

Uhuru Kenyatta usigaje ukwezi kumwe ngo atange ubutegetsi binyuze mu matora. abanyakenya agiye kubasiga bugarijwe n'ubukene Ugereranyije nuwo yasimbuye nyakwigendera Mwai Kibaki muri 2013.

Ubuzima bw’Abanyakenya bwifashe nabi mu myaka 10 y’ubutegetsi bwa Perezida Kenyatta, kuko habayeho kuzamuka ku biciro by’ibicuruzwa ku buryo abaturage benshi badashobora kubona ibyo bakeneye  cyane cyane ibiribwa, kwivuza nibindi.

Ubushakashatsi bwakozwe  n'ikinyamakuru Taifa leo dukesha iyinkuru,  bwerekana ko igiciro cy’ibicuruzwa  cyazamutse kuva mu 2013 ku kigero kiri hagati ya 30 na 124 ku ijana ugereranije  no kubutegetsi bwuwo yasimbuye nyakwigendera Mwai Kibaki.

Kurugero, ikiro kifu y'ubugari yaguraga Sh109 muri Werurwe 2013, ku bwa Kibaki, ukwezi kumwe mbere yuko Kibaki agenda, ubu yazamutse ku kigereranyo cya mashilingi 210 mu maduka, byerekana ko yiyongereyeho 92.7%.

Bagabo John