•     

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta yavuye ku izima avuga ko yemera ibyemezo by'inkiko.

Nyuma yaho uwahoze ari Perezida wa Kenya ucyuye igihe Uhuru Kenyatta ashyigikiye Raira Odinga mu matora aheruka akaza gutsindwa. Kenyatta yatangaje ko yubaha ibyemezo by'inkiko.

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta yavuye ku izima avuga ko yemera ibyemezo by'inkiko.
Perezida ucyuye igihe Uhuru kenyatta yavuze ko yemera ibyemezo by'inkiko.

Mu ijambo rye kuri iki gicamunsi cyo kuwa 5 Nzeri 2022 ubwo uru kiko rw'ikirenga rwemezaga bidasubirwaho ko William Ruto ariwe Perezida wa Kenya.

Uwahoze ari Perezida ushoje mandaye Uhuru Kenyatta yavuze ko yemera ibyemezo by'inkiko

Yagize ati" Ubwo natorwaga kuyobora Kenya mu ndahiro narahiye harimo ko nzubaha ubutabera, rero kuri uyu munsi urukiko rukuru rwemeje ko William Ruto ariwe watsinze amatora bityo ngomba kwemera ibyemezo by'inkiko".

Uwahoze ari Perezida wakenya Uhuru Kenyatta ntabwo yacanaga uwaka n'uwahoze ari Vice-Perezidawe William Ruto.

Uhuru Kenyata mu matora yabaye muri Nzeri uyu mwaka 2022 yari ashyigikiye Raira Odinga ariko byaje kurangira William Ruto ariwe utorewe kuyobora Kenya atsinze Raira Odinga bari bahanganye bikomeye.

Bagabo John

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta yavuye ku izima avuga ko yemera ibyemezo by'inkiko.

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta yavuye ku izima avuga ko yemera ibyemezo by'inkiko.
Perezida ucyuye igihe Uhuru kenyatta yavuze ko yemera ibyemezo by'inkiko.

Nyuma yaho uwahoze ari Perezida wa Kenya ucyuye igihe Uhuru Kenyatta ashyigikiye Raira Odinga mu matora aheruka akaza gutsindwa. Kenyatta yatangaje ko yubaha ibyemezo by'inkiko.

Mu ijambo rye kuri iki gicamunsi cyo kuwa 5 Nzeri 2022 ubwo uru kiko rw'ikirenga rwemezaga bidasubirwaho ko William Ruto ariwe Perezida wa Kenya.

Uwahoze ari Perezida ushoje mandaye Uhuru Kenyatta yavuze ko yemera ibyemezo by'inkiko

Yagize ati" Ubwo natorwaga kuyobora Kenya mu ndahiro narahiye harimo ko nzubaha ubutabera, rero kuri uyu munsi urukiko rukuru rwemeje ko William Ruto ariwe watsinze amatora bityo ngomba kwemera ibyemezo by'inkiko".

Uwahoze ari Perezida wakenya Uhuru Kenyatta ntabwo yacanaga uwaka n'uwahoze ari Vice-Perezidawe William Ruto.

Uhuru Kenyata mu matora yabaye muri Nzeri uyu mwaka 2022 yari ashyigikiye Raira Odinga ariko byaje kurangira William Ruto ariwe utorewe kuyobora Kenya atsinze Raira Odinga bari bahanganye bikomeye.

Bagabo John