•     

Rubavu: Kujya guhagararira umurenge nikosa ritababarirwa"Mayor Kambogo ".

Umuyobozi w'akarere ka Rubavu Dr Ildephonse Kambogo yavuze ko umutetsi uherutse koherezwa ngo ahagararire ubuyobozi bw'umurenge wa Rugerero muri gahunda yo kwibuka, ngo uwo mutetsi ntiyagombaga kubyemera kuko zarinshingano zikomeye zimurenze bityo ko ibyo yakoze ari ikosa ritababarirwa

Rubavu: Kujya guhagararira umurenge nikosa ritababarirwa"Mayor Kambogo ".

Mu kiganiro yagiranye nakimwe mu gitangazamakuru, Mayor Kambogo Ildefonse yavuze ko buri  munyarwanda yemerewe kujya kwifatanya nabandi mu gihe cyo kwibuka.

Agaruka kukibazo cyuko hari umutetsi wahagarariye umurenge wa rugerero, nyuma akaza guhita asabwa guhita ataha n'umuhango wo kwibuka utarangiye, Mayor Kambogo yagize ati"  kujya guhagararira umurenge nikosa rikomeye ritababarirwa, nibintu yagombaga kuba biri mu misokoro ye kuko ziriya zarinshingano zikomeye  yagombaga kubyanga dore ko atari n'umukozi w'umurenge".

Mubindi Mayor wa Rubavu yagarutseho ngo nuko kugeza nubu batazi aho ibintu byapfiriye ngo bohereze uriya mutetsi mu muhango wo kwibuka.

Ibi byabaye kuwa 3 Kamena 2022 ubwo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero yagombaga kwitabira igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku kigo cya GS Nkama.

Kubera ko yagombaga gusezeranya abageni yahisemo kohereza umukozi ushinzwe uburezi Nyiraneza Espérance ni uko nawe yoherezayo uwitwa Mbarushimana Jean Claude utekera abanyeshuri muri College de Gisenyi Inyemeramihigo.

Uyu mukozi utekera abanyeshuri yoherejwe nk’ugomba guhagararira ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu. Ibintu Ibuka yavuze ko ari ugupfobya

Kugeza ubu yaba Nyiraneza ndetse numutetsi bahise batabwa muri yombi  aho bari kubazwa n'inzego z'ubugenzacyaha RIB.

Bagabo John

Rubavu: Kujya guhagararira umurenge nikosa ritababarirwa"Mayor Kambogo ".

Rubavu: Kujya guhagararira umurenge nikosa ritababarirwa"Mayor Kambogo ".

Umuyobozi w'akarere ka Rubavu Dr Ildephonse Kambogo yavuze ko umutetsi uherutse koherezwa ngo ahagararire ubuyobozi bw'umurenge wa Rugerero muri gahunda yo kwibuka, ngo uwo mutetsi ntiyagombaga kubyemera kuko zarinshingano zikomeye zimurenze bityo ko ibyo yakoze ari ikosa ritababarirwa

Mu kiganiro yagiranye nakimwe mu gitangazamakuru, Mayor Kambogo Ildefonse yavuze ko buri  munyarwanda yemerewe kujya kwifatanya nabandi mu gihe cyo kwibuka.

Agaruka kukibazo cyuko hari umutetsi wahagarariye umurenge wa rugerero, nyuma akaza guhita asabwa guhita ataha n'umuhango wo kwibuka utarangiye, Mayor Kambogo yagize ati"  kujya guhagararira umurenge nikosa rikomeye ritababarirwa, nibintu yagombaga kuba biri mu misokoro ye kuko ziriya zarinshingano zikomeye  yagombaga kubyanga dore ko atari n'umukozi w'umurenge".

Mubindi Mayor wa Rubavu yagarutseho ngo nuko kugeza nubu batazi aho ibintu byapfiriye ngo bohereze uriya mutetsi mu muhango wo kwibuka.

Ibi byabaye kuwa 3 Kamena 2022 ubwo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero yagombaga kwitabira igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku kigo cya GS Nkama.

Kubera ko yagombaga gusezeranya abageni yahisemo kohereza umukozi ushinzwe uburezi Nyiraneza Espérance ni uko nawe yoherezayo uwitwa Mbarushimana Jean Claude utekera abanyeshuri muri College de Gisenyi Inyemeramihigo.

Uyu mukozi utekera abanyeshuri yoherejwe nk’ugomba guhagararira ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu. Ibintu Ibuka yavuze ko ari ugupfobya

Kugeza ubu yaba Nyiraneza ndetse numutetsi bahise batabwa muri yombi  aho bari kubazwa n'inzego z'ubugenzacyaha RIB.

Bagabo John