•     

Police yahaye Excel Security Ltd Preave

Itangazo rya Police y'u Rwanda rivuga ko guhera guhera tariki ya 15 Ukuboza 2022 Excel Security Ltd itazongera gukora akazi ko gucunga umutekano

Police yahaye Excel Security Ltd Preave
Police ya haye Preave Excel Security Ltd

Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2022 nibwo Police y'u Rwanda yasohoye itangazo rigaragaza ko Ikigo cya Exel Security Ltd cyambuwe uburenganzira bwo kongera gukora ibikorwa bijyanye no gucunga umutekano guhera tariki ya 15 Ukuboza 2022 I

Iki kigo cyambuwe ubwo bubasha bwokongera gucunga umutekano nyumayaho cyari kimaze imyaka 15

gikora izi nshingano
Kuko cyatangiye muri 2006. 

Ingingo ya 17 y’ itegeko nº 16bis/2020 ryo ku wa 07/09/2020 rigenga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ivuga ibigenderwaho kugirango uwahawe icyemeo  cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda acyamburwe. ibi nibyo bishobora gutuma uwahawe iki cyangombwa acyakwa.

Bagabo John

Police yahaye Excel Security Ltd Preave

Police yahaye Excel Security Ltd Preave
Police ya haye Preave Excel Security Ltd

Itangazo rya Police y'u Rwanda rivuga ko guhera guhera tariki ya 15 Ukuboza 2022 Excel Security Ltd itazongera gukora akazi ko gucunga umutekano

Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2022 nibwo Police y'u Rwanda yasohoye itangazo rigaragaza ko Ikigo cya Exel Security Ltd cyambuwe uburenganzira bwo kongera gukora ibikorwa bijyanye no gucunga umutekano guhera tariki ya 15 Ukuboza 2022 I

Iki kigo cyambuwe ubwo bubasha bwokongera gucunga umutekano nyumayaho cyari kimaze imyaka 15

gikora izi nshingano
Kuko cyatangiye muri 2006. 

Ingingo ya 17 y’ itegeko nº 16bis/2020 ryo ku wa 07/09/2020 rigenga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ivuga ibigenderwaho kugirango uwahawe icyemeo  cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda acyamburwe. ibi nibyo bishobora gutuma uwahawe iki cyangombwa acyakwa.

Bagabo John