•     

Tanzania: Abana batanu bo mu muryango umwe bapfuye bazize uburwayi butaramenyekana

Abana batanu bavukana batuye mu karere ka Monduli mu ntara ya Arusha bapfuye bazize indwara itaramenyekana kugeza n'ubu.

Tanzania: Abana batanu bo mu muryango  umwe bapfuye  bazize uburwayi butaramenyekana
Ababa gatanu bapfuye bazize indwara itaramenyekana

Abahaye amakuru ikinyamakuru mwananchi dukesha iyi nkuru, bavuze ko abo bana bari barwariye mu bitaro bya   Mount Meru Hospital biherereye Arusha.

Bano bana ngo bakomeje kugira ikibazo cyo kuribwa munda ndetse n'ikibazo cy'amara kuburyo inda ibyimba

Aba bana barwariye rimwe ariko bapfa mu bihe bitandukanye, umwe yapfuye tariki ya 5 Nyakanga 2022.

Babiri bapfuye ku wagatandatu tariki ya 16 Nyakanga 2022 hanyuma undi apfa kucyumweru tariki ya 17 Nyakanga 2022

Undi mwana wari wasigaye mubitaro nawe yitabye Imana kuri uyu wa 19 Nyakanga 2022

Kugeza ubu abaturage bakomeje kuhangayikishwa nicyo cyorezo gikomeje guhitana ubuzima muri ako gace ka Arusha.

Bagabo John

Tanzania: Abana batanu bo mu muryango umwe bapfuye bazize uburwayi butaramenyekana

Tanzania: Abana batanu bo mu muryango  umwe bapfuye  bazize uburwayi butaramenyekana
Ababa gatanu bapfuye bazize indwara itaramenyekana

Abana batanu bavukana batuye mu karere ka Monduli mu ntara ya Arusha bapfuye bazize indwara itaramenyekana kugeza n'ubu.

Abahaye amakuru ikinyamakuru mwananchi dukesha iyi nkuru, bavuze ko abo bana bari barwariye mu bitaro bya   Mount Meru Hospital biherereye Arusha.

Bano bana ngo bakomeje kugira ikibazo cyo kuribwa munda ndetse n'ikibazo cy'amara kuburyo inda ibyimba

Aba bana barwariye rimwe ariko bapfa mu bihe bitandukanye, umwe yapfuye tariki ya 5 Nyakanga 2022.

Babiri bapfuye ku wagatandatu tariki ya 16 Nyakanga 2022 hanyuma undi apfa kucyumweru tariki ya 17 Nyakanga 2022

Undi mwana wari wasigaye mubitaro nawe yitabye Imana kuri uyu wa 19 Nyakanga 2022

Kugeza ubu abaturage bakomeje kuhangayikishwa nicyo cyorezo gikomeje guhitana ubuzima muri ako gace ka Arusha.

Bagabo John