•     

Abansabira gupfa bazambanziriza nge nzaza kubashyingura- Kikwete

Uwabaye Perezida wa kane wa Tanzania, Jakaya Kikwete yavuze ko abamwifuriza amabi harimo no gupfa nibo bazabanza hanyu we azaza aje kubashyingura.

Abansabira gupfa  bazambanziriza nge nzaza kubashyingura- Kikwete
Kikwete yavuze ko abamusabira gupfa aribo bazabanza akajya kubashyingura

Ibi Kikwete yabivugiye mu ntara ya Pwani mu gace ka Bagamoyo  kuri uyu wagatanu tariki ya 10 Ukwakira 2025,  ubwo yari mu bikorwa byo kwamamaza  umukandida ku mwanya wa  visi Perezida  Dr Emmanul Nchimbi.

Kikwete ubwo yagarukaga ku bimaze iminsi bivugwa ku mbugankoranyambaga byuko ubuzima bwe buri mu kaga,  yahise asaba ko ibivugwa ari ibihuha abantu bakwiye kutabitega amatwi.

Ati" uko mumbona gutya ndi muzima nta n'igicuri ndwaye, rero abansabira amabi harimo nogupfa, mu bareke bazambanziriza hanyuma nge nzaza ku bashyingura".

Nikenshi bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakunze kuvuga ko Kikwete ko ari Umugome ndetse hakaba n'amushinja ko ariwe wahitanye uwari Perezida Dr John Pombe Maguri.

Bagabo John

Abansabira gupfa bazambanziriza nge nzaza kubashyingura- Kikwete

Abansabira gupfa  bazambanziriza nge nzaza kubashyingura- Kikwete
Kikwete yavuze ko abamusabira gupfa aribo bazabanza akajya kubashyingura

Uwabaye Perezida wa kane wa Tanzania, Jakaya Kikwete yavuze ko abamwifuriza amabi harimo no gupfa nibo bazabanza hanyu we azaza aje kubashyingura.

Ibi Kikwete yabivugiye mu ntara ya Pwani mu gace ka Bagamoyo  kuri uyu wagatanu tariki ya 10 Ukwakira 2025,  ubwo yari mu bikorwa byo kwamamaza  umukandida ku mwanya wa  visi Perezida  Dr Emmanul Nchimbi.

Kikwete ubwo yagarukaga ku bimaze iminsi bivugwa ku mbugankoranyambaga byuko ubuzima bwe buri mu kaga,  yahise asaba ko ibivugwa ari ibihuha abantu bakwiye kutabitega amatwi.

Ati" uko mumbona gutya ndi muzima nta n'igicuri ndwaye, rero abansabira amabi harimo nogupfa, mu bareke bazambanziriza hanyuma nge nzaza ku bashyingura".

Nikenshi bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakunze kuvuga ko Kikwete ko ari Umugome ndetse hakaba n'amushinja ko ariwe wahitanye uwari Perezida Dr John Pombe Maguri.

Bagabo John