•     

Abari mu myigaragambyo bitwaje amasafuriya murwego rwo kwa magana izamuka ry'ifu

Kenya: Nkuko Raila Odinga yari yateguje abanyakenya ko kuri uyu wa 20 Werurwe 2023 hateganyijwe imyigaragambyo mugihugu hose, bamwe mu bagore bagiye muri iyo myigaragambyo bitawaje amasafuriya mu rwego rwo kwamagana izamuka ry'ibiciro ku masoko by'umwihariko ibura ry'ifu.

Abari mu myigaragambyo  bitwaje amasafuriya murwego rwo kwa magana izamuka ry'ifu
Bakoze imyigaragambyo bafite amasafuriya berekena izamuka ry'ibiciro ku masoko by'umwihariko ibura ry'ifu

Abagore muri Kenya mu bice bitandukanye by'igihugu bazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana izamuka ry'ibiciro ku masoko by'umwihariko ibura ry'ifu,  aho abo bagore bari bitwaje amasafuriya berekana ko igihugu cy'ugarijwe n'inzara kuburyo batakibasha kubona ibyo guteka.

Abo bagore barigaragambya baririmba indirimbo isaba leta gukora ibishoboka byose abanyagihugu bakabona ibyo kurya ku giciro cyoroheye buri muturage.

Muri izo ndirimbo baririmba, bagiye bagaruka kubijyanye n'ibura ry'ifu aho isigaye ibona umugabo igasiba indi.

Hari aho babwira inzego z'umutekano uburyo bafata abantu aho ku baha ibyo kurya mugihe abantu bari kwicwa n'inzara.

Kuri uyu wambere nibwo muri Kanya haramukiye imyigaragambyo igamije kweguza Perezida William Ruto aho ashijwa na Odinga kuba igihugu kiri mu bibazo kuburyo inzara iriho yica abaturage bityo ko agomba kwegura.

Bagabo John

Abari mu myigaragambyo bitwaje amasafuriya murwego rwo kwa magana izamuka ry'ifu

Abari mu myigaragambyo  bitwaje amasafuriya murwego rwo kwa magana izamuka ry'ifu
Bakoze imyigaragambyo bafite amasafuriya berekena izamuka ry'ibiciro ku masoko by'umwihariko ibura ry'ifu

Kenya: Nkuko Raila Odinga yari yateguje abanyakenya ko kuri uyu wa 20 Werurwe 2023 hateganyijwe imyigaragambyo mugihugu hose, bamwe mu bagore bagiye muri iyo myigaragambyo bitawaje amasafuriya mu rwego rwo kwamagana izamuka ry'ibiciro ku masoko by'umwihariko ibura ry'ifu.

Abagore muri Kenya mu bice bitandukanye by'igihugu bazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana izamuka ry'ibiciro ku masoko by'umwihariko ibura ry'ifu,  aho abo bagore bari bitwaje amasafuriya berekana ko igihugu cy'ugarijwe n'inzara kuburyo batakibasha kubona ibyo guteka.

Abo bagore barigaragambya baririmba indirimbo isaba leta gukora ibishoboka byose abanyagihugu bakabona ibyo kurya ku giciro cyoroheye buri muturage.

Muri izo ndirimbo baririmba, bagiye bagaruka kubijyanye n'ibura ry'ifu aho isigaye ibona umugabo igasiba indi.

Hari aho babwira inzego z'umutekano uburyo bafata abantu aho ku baha ibyo kurya mugihe abantu bari kwicwa n'inzara.

Kuri uyu wambere nibwo muri Kanya haramukiye imyigaragambyo igamije kweguza Perezida William Ruto aho ashijwa na Odinga kuba igihugu kiri mu bibazo kuburyo inzara iriho yica abaturage bityo ko agomba kwegura.

Bagabo John