•     

Depite Francis yitabye Imana azize impanuka

Tanzania: Depite Francis Mtega, uhagarariye akarere ka Mbarali, yitabye Imana azize impanuka y'imodoka ubwo yari agiye gusarura Umuceri.

Depite Francis yitabye Imana  azize impanuka
Depite Francis Mtega yitabye Imana azize impanuka ya Moto

Amakuru y'urupfu rwa Depite Francis Mtega, yemejwe n'Umuyobozi w'Akarere ka Mbali Col.Denis Mwila, aho yavuze ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 1Nyakanga 2023 Depite Francis yitabye Imana azize impanuka ya moto ubwo yajyaga mu murima gusarura Umuceri.

Depite Francis Mtega yitabye Imana azize impanuka ya Moto

Depite Francis Mtega yitabye Imana ubwo yari agiye gusarura Umuceri

Denis yagize ati" nibyo koko Depite Francis yitabye Imana ubwo yari atwaye Moto mu masaha ya saa 15hr 30 afite imifuka ahetse kuri Moto agiye gusarura Umuceri, yaje gukora impanuka agongana n'ikinyabiziga cyo mu bwoko bwa Powertiler hanyuma Depite Francis ajyanwa kwa Muganga ariko ku bwamahirwe make ahita yitaba Imana".

Umuyobozi w'Akarere ka Mbali Col Denis  Mwila.

Uyu muyobozi w'Akarere Col Denis,  yavuze ko uwo wari utwaye ikinyabiziga cyo mu bwoko bwa Powertiler witwa Alex Musa,  yahise atababwa muri yombi akaba afungiye kuri Station ya Polisi ya Chimala.

Umurambo wa Depite Francis ukaba uri mu buruhukiro bw'ibitaro bya Mbarali.

Bagabo John

Depite Francis yitabye Imana azize impanuka

Depite Francis yitabye Imana  azize impanuka
Depite Francis Mtega yitabye Imana azize impanuka ya Moto

Tanzania: Depite Francis Mtega, uhagarariye akarere ka Mbarali, yitabye Imana azize impanuka y'imodoka ubwo yari agiye gusarura Umuceri.

Amakuru y'urupfu rwa Depite Francis Mtega, yemejwe n'Umuyobozi w'Akarere ka Mbali Col.Denis Mwila, aho yavuze ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 1Nyakanga 2023 Depite Francis yitabye Imana azize impanuka ya moto ubwo yajyaga mu murima gusarura Umuceri.

Depite Francis Mtega yitabye Imana azize impanuka ya Moto

Depite Francis Mtega yitabye Imana ubwo yari agiye gusarura Umuceri

Denis yagize ati" nibyo koko Depite Francis yitabye Imana ubwo yari atwaye Moto mu masaha ya saa 15hr 30 afite imifuka ahetse kuri Moto agiye gusarura Umuceri, yaje gukora impanuka agongana n'ikinyabiziga cyo mu bwoko bwa Powertiler hanyuma Depite Francis ajyanwa kwa Muganga ariko ku bwamahirwe make ahita yitaba Imana".

Umuyobozi w'Akarere ka Mbali Col Denis  Mwila.

Uyu muyobozi w'Akarere Col Denis,  yavuze ko uwo wari utwaye ikinyabiziga cyo mu bwoko bwa Powertiler witwa Alex Musa,  yahise atababwa muri yombi akaba afungiye kuri Station ya Polisi ya Chimala.

Umurambo wa Depite Francis ukaba uri mu buruhukiro bw'ibitaro bya Mbarali.

Bagabo John