•     

Hari Colonel w'umurundi umaze amezi 16 adahembwa

Mu Burundi hakomeje kuvugwa ikibazo cy'ibura ry'ibikomoka kuri Peterori aho ijerekani ya risanse ubu igura ibihumbi 500 by'amarundi, kuburyo abantu bataha n'amaguru kubera nta bisi zitwara abagenzi zihari, ibi bikiyongera ku kibazo cy'abasirikare badahembwa aho hari Umusirikare ufite ipeti rya Colonel uri muri Somalia mu butumwa bw'akazi umaze amezi 16 adahembwa.

Hari Colonel  w'umurundi  umaze amezi 16 adahembwa
Hari Umu Colonel w'umurundi umaze amezi 16 adahembwa

Hari umwe mu baturage watangarije umunyamakuru mugenzi wacu Oswald Mutuyeyezu uzwi nka Oswakim, ko mu Burundi  bafite ibibazo byinshi aho kuri ubu abakozi bataha n'amaguru kubera kubura bisi zitwara abagenzi zidahari bitewe nuko nta risansi iri mu gihugu, aho ubungubu ijerekani igura ibihumbi 500 by'amarundi.

Uyu wahaye amakuru Oswakim, yavuze ko bamwe mu basirikare bari muri DRC batangiye gutaha n'amaguru bashikira mu kibitoki kubera ko bari bagiye kuzicwa n'inzara muri DRC

Abasirikare baba Rundi batangiye gutaha n'amaguru bava muri DRC kubera kwanga kwicwa n'inzara

Uyu muturage yatanze urugero rwaho hari Colonel bavuganye uri mu butumwa bw'akazi muri Somalia umaze amezi 16 adahembwa 

Yashoje yibaza icyakurikiraho mu gihe umutwe wa M 23 wafata Uvira hanyuma igahita ifunga umupaka ntibabe bemerewe kujya kugura risanze muri Kongo uburyo byagenda.

Perezida w'Uburundi Evariste Ndayishimiye aherutse kuvuga ko igihugu cye aricyo cyonyine ku isi kitagira Ibibazo usibye ikibazo kimwe cyonyine cyokubura ibikomoka kuri Peterori aribyo Ibitoro mu Kirundi.

Bagabo John

Hari Colonel w'umurundi umaze amezi 16 adahembwa

Hari Colonel  w'umurundi  umaze amezi 16 adahembwa
Hari Umu Colonel w'umurundi umaze amezi 16 adahembwa

Mu Burundi hakomeje kuvugwa ikibazo cy'ibura ry'ibikomoka kuri Peterori aho ijerekani ya risanse ubu igura ibihumbi 500 by'amarundi, kuburyo abantu bataha n'amaguru kubera nta bisi zitwara abagenzi zihari, ibi bikiyongera ku kibazo cy'abasirikare badahembwa aho hari Umusirikare ufite ipeti rya Colonel uri muri Somalia mu butumwa bw'akazi umaze amezi 16 adahembwa.

Hari umwe mu baturage watangarije umunyamakuru mugenzi wacu Oswald Mutuyeyezu uzwi nka Oswakim, ko mu Burundi  bafite ibibazo byinshi aho kuri ubu abakozi bataha n'amaguru kubera kubura bisi zitwara abagenzi zidahari bitewe nuko nta risansi iri mu gihugu, aho ubungubu ijerekani igura ibihumbi 500 by'amarundi.

Uyu wahaye amakuru Oswakim, yavuze ko bamwe mu basirikare bari muri DRC batangiye gutaha n'amaguru bashikira mu kibitoki kubera ko bari bagiye kuzicwa n'inzara muri DRC

Abasirikare baba Rundi batangiye gutaha n'amaguru bava muri DRC kubera kwanga kwicwa n'inzara

Uyu muturage yatanze urugero rwaho hari Colonel bavuganye uri mu butumwa bw'akazi muri Somalia umaze amezi 16 adahembwa 

Yashoje yibaza icyakurikiraho mu gihe umutwe wa M 23 wafata Uvira hanyuma igahita ifunga umupaka ntibabe bemerewe kujya kugura risanze muri Kongo uburyo byagenda.

Perezida w'Uburundi Evariste Ndayishimiye aherutse kuvuga ko igihugu cye aricyo cyonyine ku isi kitagira Ibibazo usibye ikibazo kimwe cyonyine cyokubura ibikomoka kuri Peterori aribyo Ibitoro mu Kirundi.

Bagabo John