•     

Police ndetse n'Inkiko zaje ku mwanya wambere mu kurya Ruswa

Tanzania: Perezida Samia yatunze agatoki inzego za Polisi ndetse n'Inkiko kuba ku isonga mu kurya Ruswa

Police ndetse  n'Inkiko zaje ku mwanya wambere mu kurya Ruswa
Polisi hamwe n'inkiko nizimwe mu inzego zamunzwe na Ruswa muri Tanzania

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Nyakanga 2023, Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu,  yifatanyije nabaturage bo mu intara ya Arusha mu kwizihiza umunsi nyafurika wo kurwanya Ruswa.

Mu ijambo rye Perezida Samia yavuze ko hari zimwe mu inzego za Leta zamunzwe na Ruswa.

Yagize Ati" hari zimwe mu inzego za Leta ziza ku mwanya wambere mu kurya Ruswa, harimo Abanyeporitiki, Polisi, ndetse  n'Inkiko.

Muzindi nzego Perezida Samia yavuze ko zamunzwe na Ruswa harimo inzego z'ubucuruzi ndetse n'inzego n'Uburezi.

Tanzania ni kimwe mu bihugu bya EAC bikunze gutungwa agatoki ku bijyanye na Ruswa by'umwihariko Polisi ishami ryo mu muhanda. (Traffic Police )

Bagabo John

Police ndetse n'Inkiko zaje ku mwanya wambere mu kurya Ruswa

Police ndetse  n'Inkiko zaje ku mwanya wambere mu kurya Ruswa
Polisi hamwe n'inkiko nizimwe mu inzego zamunzwe na Ruswa muri Tanzania

Tanzania: Perezida Samia yatunze agatoki inzego za Polisi ndetse n'Inkiko kuba ku isonga mu kurya Ruswa

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Nyakanga 2023, Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu,  yifatanyije nabaturage bo mu intara ya Arusha mu kwizihiza umunsi nyafurika wo kurwanya Ruswa.

Mu ijambo rye Perezida Samia yavuze ko hari zimwe mu inzego za Leta zamunzwe na Ruswa.

Yagize Ati" hari zimwe mu inzego za Leta ziza ku mwanya wambere mu kurya Ruswa, harimo Abanyeporitiki, Polisi, ndetse  n'Inkiko.

Muzindi nzego Perezida Samia yavuze ko zamunzwe na Ruswa harimo inzego z'ubucuruzi ndetse n'inzego n'Uburezi.

Tanzania ni kimwe mu bihugu bya EAC bikunze gutungwa agatoki ku bijyanye na Ruswa by'umwihariko Polisi ishami ryo mu muhanda. (Traffic Police )

Bagabo John