•     

Ibura ry'umuriro mu gihugu ritumye Perezida atitabira inama mpuzamahanga.

Perezida wa Afirika yepfo Cyril Ramaphosa ntabwo azitabira inama mpuza mahanga y'ubukungu (WEF) izabera i Davos kubera ko igihugu cye kiri mu icuraburindi ryo kutagira umuriro wa mashyanyarazi

Ibura ry'umuriro mu gihugu ritumye Perezida atitabira inama mpuzamahanga.
Perezida Cyril Ramaphosa ntakitabiriye inama i Davos kubera ikibazo cyo kubura kwa mashyanyarazi mu gihugu

Ibiro ntaramakuru by'abafaransa AFP  byatangaje ko Perezida Cyril Ramaphosa yagombaga kujyana nabamwe mu bayobozi muri Leta i Davos aho yari buzitabire inama mpuzamahanga y'ubukungu (WEF)ariko kubera ikibazo kijyanye nibura ry'umuriro w'amashyarazi mu gihugu byabaye ngombwa ko asubika kwitabira iyo nama.

Afrika yepfo iri mu icurabundi ryo kutagira amashanyarazi

Perezida Cyril Ramaphosa agiye gukorana inama n'abayobozi bamashyaka atandukanye ndetse n'ikigo cya leta gifite mu nshingano gutanga umuriro kitwa  (Eskom) kugirango harebwe uburyo icyo kibazo cya cyemuka burundu kuko kiri kugira ingaruka ku gihugu.

Bagabo John

Ibura ry'umuriro mu gihugu ritumye Perezida atitabira inama mpuzamahanga.

Ibura ry'umuriro mu gihugu ritumye Perezida atitabira inama mpuzamahanga.
Perezida Cyril Ramaphosa ntakitabiriye inama i Davos kubera ikibazo cyo kubura kwa mashyanyarazi mu gihugu

Perezida wa Afirika yepfo Cyril Ramaphosa ntabwo azitabira inama mpuza mahanga y'ubukungu (WEF) izabera i Davos kubera ko igihugu cye kiri mu icuraburindi ryo kutagira umuriro wa mashyanyarazi

Ibiro ntaramakuru by'abafaransa AFP  byatangaje ko Perezida Cyril Ramaphosa yagombaga kujyana nabamwe mu bayobozi muri Leta i Davos aho yari buzitabire inama mpuzamahanga y'ubukungu (WEF)ariko kubera ikibazo kijyanye nibura ry'umuriro w'amashyarazi mu gihugu byabaye ngombwa ko asubika kwitabira iyo nama.

Afrika yepfo iri mu icurabundi ryo kutagira amashanyarazi

Perezida Cyril Ramaphosa agiye gukorana inama n'abayobozi bamashyaka atandukanye ndetse n'ikigo cya leta gifite mu nshingano gutanga umuriro kitwa  (Eskom) kugirango harebwe uburyo icyo kibazo cya cyemuka burundu kuko kiri kugira ingaruka ku gihugu.

Bagabo John