•     

Ikigo cya TVET Board cyatangije gahunda nshya ivuguruye.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyingiro na Tekiniki (Rwanda TVET Board) cyatangije Porogaramu zivuguruye, zizatangirwa mu mashuri yisumbuye y'imyuga n'ubumenyingiro (Technical Secondary Schools).

Ikigo cya TVET Board cyatangije gahunda nshya ivuguruye.
Hashyizweho integanya nyigisho nshya

Mu kiganiro ni itangazamakuru cyabereye muri Hotel imwe muri Kigali, Umuyobozi wa Rwanda TVET Board Bwana Paul Umukunzi   yabwiye abanyamakuru ko hari abantu batarumva neza akamaro k’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, amasomo yigishwa ko ari amahirwe aboneka  mu bijyanye no kongera ubumenyi.

Paul Umukunzi Umuyobozi wa Rwanda TVET Board 

Aha niho yahereye avuga ko hatangijwe Porogaramu zivuguruye  zi zatangirwa mu mashuri yisumbuye y'imyuga n'ubumenyingiro. 

Ati"Amasomo yigishwa mu mashuri ya Tekiniki yaravuguruwe ahuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, ku ruhando mpuzamahanga. twatangije Porogaramu zizatangirwa mu mashuri yisumbuye y'imyuga n'ubumenyingiro, Technical Secondary School".

Mubindi Umukunzi Paul yagarutseho, yavuze ko Muri iyo gahunda nshya y’amasomo, harimo ko abanyeshuri baziga  ubwubatsi ndetse n'ibijyanye n'ibikorwa remezo bigezweho,harimo  amazu, amateme n’imihanda, ikoranabuhanga ryo mu nganda, ingufu z’amashanyarazi, irikoreshwa mu kubaka imiturirwa no mu zindi nzego zitandukanye.

igitabo gikubiyemo uko iriya nteganyanyigisho ikoze cyashyizwe ku rubuga rwa Rwanda TVET Board. Kugirango abakenera kumenya byinshi basure ruriya rubuga TVET Board. 

Bagabo John

Ikigo cya TVET Board cyatangije gahunda nshya ivuguruye.

Ikigo cya TVET Board cyatangije gahunda nshya ivuguruye.
Hashyizweho integanya nyigisho nshya

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyingiro na Tekiniki (Rwanda TVET Board) cyatangije Porogaramu zivuguruye, zizatangirwa mu mashuri yisumbuye y'imyuga n'ubumenyingiro (Technical Secondary Schools).

Mu kiganiro ni itangazamakuru cyabereye muri Hotel imwe muri Kigali, Umuyobozi wa Rwanda TVET Board Bwana Paul Umukunzi   yabwiye abanyamakuru ko hari abantu batarumva neza akamaro k’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, amasomo yigishwa ko ari amahirwe aboneka  mu bijyanye no kongera ubumenyi.

Paul Umukunzi Umuyobozi wa Rwanda TVET Board 

Aha niho yahereye avuga ko hatangijwe Porogaramu zivuguruye  zi zatangirwa mu mashuri yisumbuye y'imyuga n'ubumenyingiro. 

Ati"Amasomo yigishwa mu mashuri ya Tekiniki yaravuguruwe ahuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, ku ruhando mpuzamahanga. twatangije Porogaramu zizatangirwa mu mashuri yisumbuye y'imyuga n'ubumenyingiro, Technical Secondary School".

Mubindi Umukunzi Paul yagarutseho, yavuze ko Muri iyo gahunda nshya y’amasomo, harimo ko abanyeshuri baziga  ubwubatsi ndetse n'ibijyanye n'ibikorwa remezo bigezweho,harimo  amazu, amateme n’imihanda, ikoranabuhanga ryo mu nganda, ingufu z’amashanyarazi, irikoreshwa mu kubaka imiturirwa no mu zindi nzego zitandukanye.

igitabo gikubiyemo uko iriya nteganyanyigisho ikoze cyashyizwe ku rubuga rwa Rwanda TVET Board. Kugirango abakenera kumenya byinshi basure ruriya rubuga TVET Board. 

Bagabo John