•     

Umwarimu arembeye mu bitaro nyuma yogukubitirwa mu ishuri

Umwarimu witwa Vinsent Onyancha wigishaga muri Segonderi, mu Ntara ya Nyamira muri Kenya, arembeye mu bitaro nyuma hayo akubiswe bikomeye na Deregiteri amuziza gucyererwa ku kazi.

Umwarimu arembeye mu bitaro nyuma yogukubitirwa mu ishuri
Umwarimu arembeye mu bitaro nyuma yogukubitirwa mu ishuri na Deregiteri

Amakuru avuga ko uwo Mwarimu witwa Vinsent Onyancha, yaje ku ishuri acyererewe hanyuma ageze mu ishuri atangira kwigisha nibwo Deregiteri yahise amwahukamo imigeri n'inshyi imbere y'abanyeshuri bimuviramo gukomereka ahita ajyanwa mu bitaro byahitwa Ikongwe.

Umuryango w'abarimu bigisha mu mashuri y'isumbuye witwa (KUPPET) wababajwe niryo hohoterwa ryakorewe uwo Mwarimu maze usaba inzego zibishinzwe gufatira ibihano Deregiteri akagezwa imbere y'ubutabera.

Bagabo John

Umwarimu arembeye mu bitaro nyuma yogukubitirwa mu ishuri

Umwarimu arembeye mu bitaro nyuma yogukubitirwa mu ishuri
Umwarimu arembeye mu bitaro nyuma yogukubitirwa mu ishuri na Deregiteri

Umwarimu witwa Vinsent Onyancha wigishaga muri Segonderi, mu Ntara ya Nyamira muri Kenya, arembeye mu bitaro nyuma hayo akubiswe bikomeye na Deregiteri amuziza gucyererwa ku kazi.

Amakuru avuga ko uwo Mwarimu witwa Vinsent Onyancha, yaje ku ishuri acyererewe hanyuma ageze mu ishuri atangira kwigisha nibwo Deregiteri yahise amwahukamo imigeri n'inshyi imbere y'abanyeshuri bimuviramo gukomereka ahita ajyanwa mu bitaro byahitwa Ikongwe.

Umuryango w'abarimu bigisha mu mashuri y'isumbuye witwa (KUPPET) wababajwe niryo hohoterwa ryakorewe uwo Mwarimu maze usaba inzego zibishinzwe gufatira ibihano Deregiteri akagezwa imbere y'ubutabera.

Bagabo John