•     

 Intumwa za Rubanda zitewe impungenge n'umubare w'abanyeshuri batewe inda

Intumwa za Rubanda muri Tanzania zagaragaje impungenge ubwiyongere bw'inda zatewe abanyeshuri umwaka ushize wa 2021-2022 aho ari 9,011 

 Intumwa za Rubanda zitewe impungenge n'umubare w'abanyeshuri batewe inda
Intumwa za Rubanda zihangayikishijwe n'ubwiyongere bw'abanyeshuri baba kobwa baterwa inda

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y'uburezi Sayansi na Teknolojia, Omary Kipanga, ubwo yasubizaga ikibazo yari abagijwe  n'intumwa ya Rubanda ubwo inteko yari yateranye kuri uyu wa 31 Mutarama 2023 kijyanye n'umubare w'abanyeshuri batewe inda ndetse nabamaze usubira mu inshuri nyuma yaho Perezida Samia atanze itegeko yuko abakobwa batewe inda bakava mu ishuri bagomba kurisuburamo.

Ati" muri 2021 na 2022 abanyeshuri bo mu mashuri abanza batewe inda ni   1,554 naho abiga muri Segonderi  ni 7,457.

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y'uburezi Omary Kipanga.

Ku kibazo cy'abana basubiye ku ishuri bamaze kubyara kuva tariki yambere Mutarama 2023 abamaze gusubirayo ni 1,692

Perezida w'umutwe w'intumwa za Rubanda Ackson Turia yasabye ko abagabo  abagize urihare mu gutera inda bariya bana babanyeshuri batabwa muriyombi bagashyikirizwa ubutabera, kandi anavuga ko iriya mibare by'umwihariko abiga muri Segonderi ari benshi bagomba kurebwa aho ikibazo kiri.

Bagabo John

 Intumwa za Rubanda zitewe impungenge n'umubare w'abanyeshuri batewe inda

 Intumwa za Rubanda zitewe impungenge n'umubare w'abanyeshuri batewe inda
Intumwa za Rubanda zihangayikishijwe n'ubwiyongere bw'abanyeshuri baba kobwa baterwa inda

Intumwa za Rubanda muri Tanzania zagaragaje impungenge ubwiyongere bw'inda zatewe abanyeshuri umwaka ushize wa 2021-2022 aho ari 9,011 

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y'uburezi Sayansi na Teknolojia, Omary Kipanga, ubwo yasubizaga ikibazo yari abagijwe  n'intumwa ya Rubanda ubwo inteko yari yateranye kuri uyu wa 31 Mutarama 2023 kijyanye n'umubare w'abanyeshuri batewe inda ndetse nabamaze usubira mu inshuri nyuma yaho Perezida Samia atanze itegeko yuko abakobwa batewe inda bakava mu ishuri bagomba kurisuburamo.

Ati" muri 2021 na 2022 abanyeshuri bo mu mashuri abanza batewe inda ni   1,554 naho abiga muri Segonderi  ni 7,457.

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y'uburezi Omary Kipanga.

Ku kibazo cy'abana basubiye ku ishuri bamaze kubyara kuva tariki yambere Mutarama 2023 abamaze gusubirayo ni 1,692

Perezida w'umutwe w'intumwa za Rubanda Ackson Turia yasabye ko abagabo  abagize urihare mu gutera inda bariya bana babanyeshuri batabwa muriyombi bagashyikirizwa ubutabera, kandi anavuga ko iriya mibare by'umwihariko abiga muri Segonderi ari benshi bagomba kurebwa aho ikibazo kiri.

Bagabo John