Urubuga nyarwanda rw'ibitabo( Website ) ruzajya rujyaho ibitabo by'abanditsi bw'u Rwanda kugira ngo abari muri Diaspora babone ibyo bitabo kuburyo biboroheye nkuko byatangajwe na Hategekimana RICHARD.

Urwo rubuga bafunguye wandika www.rwandawriters.org
Mu minsi ishize Umuyobozi w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda, Richard Hategekimana, aherutse kuvuga ko hari amahirwe akomeye ku banditsi Nyarwanda yo kumenyekanisha ibyo bakora.
Umuyobozi w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda, Richard Hategekimana.
Aha hari mu myiteguro y'inama mpuza mahanga izwi CHOGM. yabereye ikigali.
Bagabo John.