•     

Kutaba Inyangamugayo bitumye Gacinya yangirwa kwiyamamaza

Nyuma yo gusuzuma neza ibyangombwa, basanze Gacinya adakwiriye kwiyamamaza kubera ko nta bunyangamugayo afite

Kutaba Inyangamugayo bitumye Gacinya yangirwa kwiyamamaza
Gacinya basanze nta bunyangamugayo afite

Gacinya Chance Denis yongeye kwangirwa kwiyamamariza kujya mu Mpuzamashyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, kubera impamvu z’ubunyangamugayo bwe bucyemangwa.

Komisiyo y’Amatora muri iri shyiramwe yongeye kwanga kandidatire ya Gacinya Chance Denis nyuma y’ubujurire yari yakoze.

Gacinya wigeze kuyobora ikipe ikunzwe na batari bake Rayon Sport arashaka kwiyamamaza ngo abe Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Tekiniki muri FERWAFA.

Kuri uyu wa Gatatu taliki 14, Kamena, 2023 hasohotse ibaruwa iriho imikono w’abagize Komisiyo y'amatora bayobowe na Adolphe Kalisa yemeza ko nta bunyangamugabo buhagije Gacinya Chance Denis afite bwatuma yiyamamariza umwanya ashaka.

Bagabo John

Kutaba Inyangamugayo bitumye Gacinya yangirwa kwiyamamaza

Kutaba Inyangamugayo bitumye Gacinya yangirwa kwiyamamaza
Gacinya basanze nta bunyangamugayo afite

Nyuma yo gusuzuma neza ibyangombwa, basanze Gacinya adakwiriye kwiyamamaza kubera ko nta bunyangamugayo afite

Gacinya Chance Denis yongeye kwangirwa kwiyamamariza kujya mu Mpuzamashyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, kubera impamvu z’ubunyangamugayo bwe bucyemangwa.

Komisiyo y’Amatora muri iri shyiramwe yongeye kwanga kandidatire ya Gacinya Chance Denis nyuma y’ubujurire yari yakoze.

Gacinya wigeze kuyobora ikipe ikunzwe na batari bake Rayon Sport arashaka kwiyamamaza ngo abe Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Tekiniki muri FERWAFA.

Kuri uyu wa Gatatu taliki 14, Kamena, 2023 hasohotse ibaruwa iriho imikono w’abagize Komisiyo y'amatora bayobowe na Adolphe Kalisa yemeza ko nta bunyangamugabo buhagije Gacinya Chance Denis afite bwatuma yiyamamariza umwanya ashaka.

Bagabo John