•     

"Mu rugendo harigihe umuntu akora impanuka cyangwa agasitara" Perezida Samia

Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yavuze ko yari yizeye ko Goverinoma barikumwe bari busozane iyi manda, ariko ngo murugendo habamo impanuka ndetse hakabamo n'abasitara

"Mu rugendo harigihe umuntu akora impanuka cyangwa agasitara" Perezida Samia
Perezida Samia yavuze ko mu rugendo habaho abakora impanuka

Ibi Perezida Samia yabivuze kuri uyu wa wambere 27 Gashyantare 2023 ubwo yakiraga indahiro zabamwe mu baminisitiri ndetse n'abanyamategeko ba leta aherutse gushyiraho.

Mu mavugurura yakoze kuri uyu wa 26 Gashyantare 2023 yavuze ko yakoze impinduka nto aho yakuyeho umu Minisitiri umwe gusa.

Ati" narinzi ko izi ngabo tuzambukana tukagerana ku musozo wiyi manda, ariko mu rugendo harigihe habamo impanuka ndetse hakaba n'abasitara bakagwa".

Perezida Samia yavuze ko ariya mavugurura yari ngombwa mu rwego rwokurushaho kugira imikorere inoze muri leta.

Bagabo John

"Mu rugendo harigihe umuntu akora impanuka cyangwa agasitara" Perezida Samia

"Mu rugendo harigihe umuntu akora impanuka cyangwa agasitara" Perezida Samia
Perezida Samia yavuze ko mu rugendo habaho abakora impanuka

Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yavuze ko yari yizeye ko Goverinoma barikumwe bari busozane iyi manda, ariko ngo murugendo habamo impanuka ndetse hakabamo n'abasitara

Ibi Perezida Samia yabivuze kuri uyu wa wambere 27 Gashyantare 2023 ubwo yakiraga indahiro zabamwe mu baminisitiri ndetse n'abanyamategeko ba leta aherutse gushyiraho.

Mu mavugurura yakoze kuri uyu wa 26 Gashyantare 2023 yavuze ko yakoze impinduka nto aho yakuyeho umu Minisitiri umwe gusa.

Ati" narinzi ko izi ngabo tuzambukana tukagerana ku musozo wiyi manda, ariko mu rugendo harigihe habamo impanuka ndetse hakaba n'abasitara bakagwa".

Perezida Samia yavuze ko ariya mavugurura yari ngombwa mu rwego rwokurushaho kugira imikorere inoze muri leta.

Bagabo John