•     

Polisi yasabye abaturage kujya basaba lifiti imodoka zabo kuko zituruka mu misoro batanga

 Umuyobozi wa Police muri Dar es Salaam, Tanzania witwa Jumanne Muliro, yabwiye abaturage kutagira ubwoba mu gihe babonye imodoka ya Polisi bakwiye ku yitega ikabaha lifiti kuko ziriya modoka n'imisoro baba batanze.

Polisi yasabye abaturage kujya basaba lifiti imodoka zabo kuko zituruka mu misoro batanga
Police yasabye abaturage kujya basaba lifiti imodoka zabo kuko zituruka mu misoro batanga

Ibi Jumanne yabitangaje kuri uyu wa 14 Gashyantare 2023 ubwo yari mu kigani kitwa Clouds360 gitambuka kuri Television yitwa Clauds Tv

Yagize ati" hari umuntu  wari wahagarika iriya modoka ya Polisi ngo asabe lifiti hanyuma banga ku yimuha? yaba itwara abanyabyaha hanyuma ikanga kutwara mwebwe mugiye mu cyerekezo igiyemo? "

                         Jumanne Muliro

Yakomeje avuga ko mu gihe uzabona iriya modoka yanditse Police kandi ubona igiye mu cyerekezo cyaho ugiye uzajye uyihagarika uyisabe lifiti kuko iriya modoka ni ya leta kandi leta nitwe twese, ikindi ziriya modoka zituruka mu misoro yanyu mutanga bityo ntampamvu yatuma mu tayitega.

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bahise bandikira uwo muyobozi wa Police ngo abahe nomero za Telephone hanyuma ngo igihe bazahagarika iyo modoka ikanga ku batwara bazahite ba muhamagara.

Mugihe hari undi wahise avuga ko iyo gahunda yo gusaba lifiti imodoka ya Polisi izahere ku banyeshuri biga kure abe aribo bazajya baha lifiti mu gihe bajya cyangwa bava ku ishuri.

Bagabo John

Polisi yasabye abaturage kujya basaba lifiti imodoka zabo kuko zituruka mu misoro batanga

Polisi yasabye abaturage kujya basaba lifiti imodoka zabo kuko zituruka mu misoro batanga
Police yasabye abaturage kujya basaba lifiti imodoka zabo kuko zituruka mu misoro batanga

 Umuyobozi wa Police muri Dar es Salaam, Tanzania witwa Jumanne Muliro, yabwiye abaturage kutagira ubwoba mu gihe babonye imodoka ya Polisi bakwiye ku yitega ikabaha lifiti kuko ziriya modoka n'imisoro baba batanze.

Ibi Jumanne yabitangaje kuri uyu wa 14 Gashyantare 2023 ubwo yari mu kigani kitwa Clouds360 gitambuka kuri Television yitwa Clauds Tv

Yagize ati" hari umuntu  wari wahagarika iriya modoka ya Polisi ngo asabe lifiti hanyuma banga ku yimuha? yaba itwara abanyabyaha hanyuma ikanga kutwara mwebwe mugiye mu cyerekezo igiyemo? "

                         Jumanne Muliro

Yakomeje avuga ko mu gihe uzabona iriya modoka yanditse Police kandi ubona igiye mu cyerekezo cyaho ugiye uzajye uyihagarika uyisabe lifiti kuko iriya modoka ni ya leta kandi leta nitwe twese, ikindi ziriya modoka zituruka mu misoro yanyu mutanga bityo ntampamvu yatuma mu tayitega.

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bahise bandikira uwo muyobozi wa Police ngo abahe nomero za Telephone hanyuma ngo igihe bazahagarika iyo modoka ikanga ku batwara bazahite ba muhamagara.

Mugihe hari undi wahise avuga ko iyo gahunda yo gusaba lifiti imodoka ya Polisi izahere ku banyeshuri biga kure abe aribo bazajya baha lifiti mu gihe bajya cyangwa bava ku ishuri.

Bagabo John