•     

Umurozi yafatiwe ku nyubako ya Leta yambaye ubusa yisize ifu umubiri wose

Umugore utatangajwe amazina ye mu gihugu cya Tanzania, yafatiwe ku kigo gishinzwe ingufu kitwa TANESCO twagereranya na REG yo mu Rwanda, yari yambaye ubusa ntakenda namba yisize ifu umubiri wose.

Umurozi yafatiwe ku nyubako ya Leta yambaye ubusa yisize ifu umubiri wose
Umurozi Yatawe muriyombi yambaye ubusa yisize ifu umubiri wose

Polisi yavuze ko uyu Mugore yafatiwe mu Ntara ya Ruvuma, aho uwo mugore yafashwe mu ijro ryo ku wakabiri tariki ya11 Werurwe 2025 rishyira ku wagatatu tariki ya 12 Werurwe.

Abatanze Ubuhamya  bavuze ko uwo mugore asanzwe agendera ku gataro avuye mu karere ka Masasi mu Ntara ya Mtwara agiye gupfumagura.

Amakuru avuga ko uwo mugore yaje kuyoba icyerekezo maze yisanga Kuri icyo kigo ahita atabwa muri yombi., bahita bamukenyeza igitenge bitewe nuko yari yambaye ubusa.

Police yatangaje ko uwo mugore ubwo yagwaga hasi avuye mu kirere yahise akomereka ajyanwa kwa Muganga kugira ngo ahabwe ubuvuzi hanyuma namara gukira azahite akurikiranwa abazwe icyatumye agwa kuri ubwo butaka yambaye Ubusa ndetse yisize ifu umubiri wose.

Bagabo John

Umurozi yafatiwe ku nyubako ya Leta yambaye ubusa yisize ifu umubiri wose

Umurozi yafatiwe ku nyubako ya Leta yambaye ubusa yisize ifu umubiri wose
Umurozi Yatawe muriyombi yambaye ubusa yisize ifu umubiri wose

Umugore utatangajwe amazina ye mu gihugu cya Tanzania, yafatiwe ku kigo gishinzwe ingufu kitwa TANESCO twagereranya na REG yo mu Rwanda, yari yambaye ubusa ntakenda namba yisize ifu umubiri wose.

Polisi yavuze ko uyu Mugore yafatiwe mu Ntara ya Ruvuma, aho uwo mugore yafashwe mu ijro ryo ku wakabiri tariki ya11 Werurwe 2025 rishyira ku wagatatu tariki ya 12 Werurwe.

Abatanze Ubuhamya  bavuze ko uwo mugore asanzwe agendera ku gataro avuye mu karere ka Masasi mu Ntara ya Mtwara agiye gupfumagura.

Amakuru avuga ko uwo mugore yaje kuyoba icyerekezo maze yisanga Kuri icyo kigo ahita atabwa muri yombi., bahita bamukenyeza igitenge bitewe nuko yari yambaye ubusa.

Police yatangaje ko uwo mugore ubwo yagwaga hasi avuye mu kirere yahise akomereka ajyanwa kwa Muganga kugira ngo ahabwe ubuvuzi hanyuma namara gukira azahite akurikiranwa abazwe icyatumye agwa kuri ubwo butaka yambaye Ubusa ndetse yisize ifu umubiri wose.

Bagabo John