•     

Muri Amizero y'ishyaka ndetse n'Igihugu- Murenzi

Murenzi Jean De Dieu Uhagarariye urubyiruko mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party of Rwanda, yatanze ikiganiro ku rubyiruko rw'ishyaka mu karere ka Rwamagana abibutsa ko aribo Mizero y'ishyaka n'Igihugu muri Rusange.

Muri Amizero y'ishyaka ndetse n'Igihugu- Murenzi
Urubyiruko rwo muri DGPR rwibukijwe ko ari amizero y'ishyaka ndetse n'urubyiruko

Kuri uyu wa gatanu 8 Kanama 2025 Ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije Green Party of Rwanda  riyobowe na Hon Dr Frank Habineza,  ryatangije amahugurwa agamije guhugura urubyiruko n’abagore ku mishinga ibateza imbere no kurengera ibidukikije, muri aka karere ka Rwamagana bakaba  barahisemo umushinga w’ubworozi bw’Ingurube.

Umuyobozi w'urubyiruko muri DGPR Jea De Dieu Murenzi 

Mu kiganiro cyatanzwe n'Umuyobozi uhagarariye Urubyiruko muri DGPR,  Jea De Dieu Murenzi cyari gifite insangamatsiko igira iti" 
Uruhare rwurubyiruko no guteza imbere uburinganire Muri DGPR- Green Party 

Muri iki kiganiro yibukije urubyiruko ko ari abafatanyikorwa aho kuba abagenerwa bikorwa .

Murenzi yibukije urubyiruko ko aribo mizero y'ishyaka ndetse n'igihugu muri Rusange.
Ikindi nuko yanabaganirije uburyo bagomba kwita ku bidukikije ndetse n'ibihingwa bitandukanye muri Rusange.

Ishyaka DGPR ririfuzako ko  mu matora yo muri 2029 rizaba rifite abarwanashyaka benshi 

Bagabo John

Muri Amizero y'ishyaka ndetse n'Igihugu- Murenzi

Muri Amizero y'ishyaka ndetse n'Igihugu- Murenzi
Urubyiruko rwo muri DGPR rwibukijwe ko ari amizero y'ishyaka ndetse n'urubyiruko

Murenzi Jean De Dieu Uhagarariye urubyiruko mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party of Rwanda, yatanze ikiganiro ku rubyiruko rw'ishyaka mu karere ka Rwamagana abibutsa ko aribo Mizero y'ishyaka n'Igihugu muri Rusange.

Kuri uyu wa gatanu 8 Kanama 2025 Ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije Green Party of Rwanda  riyobowe na Hon Dr Frank Habineza,  ryatangije amahugurwa agamije guhugura urubyiruko n’abagore ku mishinga ibateza imbere no kurengera ibidukikije, muri aka karere ka Rwamagana bakaba  barahisemo umushinga w’ubworozi bw’Ingurube.

Umuyobozi w'urubyiruko muri DGPR Jea De Dieu Murenzi 

Mu kiganiro cyatanzwe n'Umuyobozi uhagarariye Urubyiruko muri DGPR,  Jea De Dieu Murenzi cyari gifite insangamatsiko igira iti" 
Uruhare rwurubyiruko no guteza imbere uburinganire Muri DGPR- Green Party 

Muri iki kiganiro yibukije urubyiruko ko ari abafatanyikorwa aho kuba abagenerwa bikorwa .

Murenzi yibukije urubyiruko ko aribo mizero y'ishyaka ndetse n'igihugu muri Rusange.
Ikindi nuko yanabaganirije uburyo bagomba kwita ku bidukikije ndetse n'ibihingwa bitandukanye muri Rusange.

Ishyaka DGPR ririfuzako ko  mu matora yo muri 2029 rizaba rifite abarwanashyaka benshi 

Bagabo John