•     

Ntabwo dushaka umwarimu ujya kugura isabune ngo atege moto.”Minisitiri w'intebe."

Nyuma yo kuzamurirwa imishahara ya ba Mwarimu, Leta yatangaje ko ibyo gushyiraho iguriro rya Mwarimu bitashoboka kuko ngo ntabwo bashaka umwarimu ujya kugura isabune ngo atege moto. Nkuko byatangajwe na Minisitiri w'intebe Dr Eduward Ngirente

Ntabwo dushaka umwarimu ujya kugura isabune ngo atege moto.”Minisitiri w'intebe."
Ntabwo watega Moto ugiye kugura isabune

Minisitiri w'intebe Dr Eduward Ngirente yavuze ko gushyiraho iguriro rya Mwarimu  dashoboka kuko abarimu baba muri buri murenge na buri kagari. 

Yagize ati" Urishyize ku karere ntabwo umwarimu yajya atega moto agiye kugura umunyu, ni yo mpamvu twafashe umwanzuro wo kuvuga ngo iby’iguriro reka tubireke twongere umushahara wa mwarimu tumushyirireho amafaranga agaragara.”

Yakomeje avuga ko  iguriro nubwo
waryubaka mu kagari, kuva mu kagari ukajya guhaha mu kandi byagora  mwarimu kandi ntabwo dushaka umwarimu ujya kugura isabune ngo atege moto.”

Ibi yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro yagiranye n’Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, ku wa 22 Nyakanga 2021, yabajijwe kuri gahunda yo gushyiraho isoko rya mwarimu rizabafasha mu kugera ku mibereho myiza.

Bagabo John

Ntabwo dushaka umwarimu ujya kugura isabune ngo atege moto.”Minisitiri w'intebe."

Ntabwo dushaka umwarimu ujya kugura isabune ngo atege moto.”Minisitiri w'intebe."
Ntabwo watega Moto ugiye kugura isabune

Nyuma yo kuzamurirwa imishahara ya ba Mwarimu, Leta yatangaje ko ibyo gushyiraho iguriro rya Mwarimu bitashoboka kuko ngo ntabwo bashaka umwarimu ujya kugura isabune ngo atege moto. Nkuko byatangajwe na Minisitiri w'intebe Dr Eduward Ngirente

Minisitiri w'intebe Dr Eduward Ngirente yavuze ko gushyiraho iguriro rya Mwarimu  dashoboka kuko abarimu baba muri buri murenge na buri kagari. 

Yagize ati" Urishyize ku karere ntabwo umwarimu yajya atega moto agiye kugura umunyu, ni yo mpamvu twafashe umwanzuro wo kuvuga ngo iby’iguriro reka tubireke twongere umushahara wa mwarimu tumushyirireho amafaranga agaragara.”

Yakomeje avuga ko  iguriro nubwo
waryubaka mu kagari, kuva mu kagari ukajya guhaha mu kandi byagora  mwarimu kandi ntabwo dushaka umwarimu ujya kugura isabune ngo atege moto.”

Ibi yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro yagiranye n’Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, ku wa 22 Nyakanga 2021, yabajijwe kuri gahunda yo gushyiraho isoko rya mwarimu rizabafasha mu kugera ku mibereho myiza.

Bagabo John