Nigeria: Pasiteri yaciye ururondogoro abakoresha imbuga nkoranyambaga, aho yavuze ko Abagore baje ku isi kugirango barye amafaranga y'abagabo
Uyu mukozi w'Imana witwa, Antoni Okoh, yatunguye abantu ubwo yavuga ko abagabo badakwiye kwinubira ko abagore babasaba ibintu bihenze cyangwa kuba babasaba amafaranga, kuko ngo baje ku isi kugirango barye amafaranga y'abagabo.

Antoni yagize ati" abagore baremewe kurya amafaranga y'Abagabo ni mureke ku binuba, mureke bahumeke, nti mubime umwanya".
Abakoresha imbuga nkoranyambaga by'umwihariko abagore bahise batangira kwandi babaza uyu mukozi w'Imana aho asengera ngo bazamuyoboke.
Bagabo John
