•     

Pasiteri yicishijwe amabuye nyuma yogufatwa nawe avuye kwica

Umupasiteri wo mu itorero ritaramenyekana yishwe n'abaturage nyuma yaho afashwe avuye kwica abo barikumwe bakiruka

Pasiteri yicishijwe amabuye nyuma yogufatwa nawe avuye kwica
Pasiteri yicishijwe amabuye nyuma yogufatwa nawe avuye kwica

Muri Uganda haravugwa inkuru y'umukozi w'Imana (Pasiteri) wagiye mugatsiko kabicanyi bakajya kwica Umugabo witwa Tobias Komunda, wari utuye mu gace kitwa Igongonya.

Amakuru dukesha Daily Monitor avuga ko agatsiko kabantu batanu, barimo nuwo Mukozi w'Imana witwa Julius Mugisa. Bagiye mu modoka y'umweru basanga nya kwigendera Tobias Komunda ari Murugo bashaka ku mu shimuta mu kwirwanaho atangira kubatera amabuye.

Pasiteri Mugisa Julius wishwe nawe avuye kwica

Abo bagizi banabi bari bafite imbunda bahita bamurasa mu mutwe ahita yitaba Imana ako kanya, abo bantu bahise binjira mu modoka baragenda basiga Pasiteri aho habereye ayo mahano, hanyuma abaturage barahurura nyuma yo kumva amasasu avuga bahageze basanga Pasiteri aho ngaho ariruka bamwirukaho baramufata bamutera amabuye kugeza nawe ashyizemo umwuka.

Ibi byabaye tariki ya 16 Ukuboza 2022

Bagabo John

Pasiteri yicishijwe amabuye nyuma yogufatwa nawe avuye kwica

Pasiteri yicishijwe amabuye nyuma yogufatwa nawe avuye kwica
Pasiteri yicishijwe amabuye nyuma yogufatwa nawe avuye kwica

Umupasiteri wo mu itorero ritaramenyekana yishwe n'abaturage nyuma yaho afashwe avuye kwica abo barikumwe bakiruka

Muri Uganda haravugwa inkuru y'umukozi w'Imana (Pasiteri) wagiye mugatsiko kabicanyi bakajya kwica Umugabo witwa Tobias Komunda, wari utuye mu gace kitwa Igongonya.

Amakuru dukesha Daily Monitor avuga ko agatsiko kabantu batanu, barimo nuwo Mukozi w'Imana witwa Julius Mugisa. Bagiye mu modoka y'umweru basanga nya kwigendera Tobias Komunda ari Murugo bashaka ku mu shimuta mu kwirwanaho atangira kubatera amabuye.

Pasiteri Mugisa Julius wishwe nawe avuye kwica

Abo bagizi banabi bari bafite imbunda bahita bamurasa mu mutwe ahita yitaba Imana ako kanya, abo bantu bahise binjira mu modoka baragenda basiga Pasiteri aho habereye ayo mahano, hanyuma abaturage barahurura nyuma yo kumva amasasu avuga bahageze basanga Pasiteri aho ngaho ariruka bamwirukaho baramufata bamutera amabuye kugeza nawe ashyizemo umwuka.

Ibi byabaye tariki ya 16 Ukuboza 2022

Bagabo John