•     

Police yatahuye abantu baboshye ni minyururu babaga mu Rusengero

Police yo muri Kenya yatahuye abantu bari babohejejwe iminyururu ku birenge mu Rusengero biganjemo abafite uburwayi bwo mu mutwe.

Police yatahuye abantu baboshye ni minyururu babaga mu Rusengero
Abarwayi bo mu mutwe basanzwe babohejejwe iminyururu

Amakuru yatangajwe n'ikinyamakuru NTV cyo muri Kenya, cyavuze ko hari abantu biganjemo abafite ibibazo byo mu mutwe harimo na babaswe n'ibiyobyabwenge, asanzwe mu rusengero rwitwa Coptic Holy Ghost Church Father  ruyobowe na Mushumba John Pesa.

Amakuru avuga ko abo barwayi bo mu mutwe bari babohejejwe iminyururu ku maguru bakingiranye mu rusengero bigaragara ko bazahajwe n'ubuzima bubi burimo  kutarya.

Umuyobozi wurwo rusengero yavuze ko bariya bantu bazanywe n'imiryango yabo ngo babasengere bakire, bityo ngo kuriwe ntacyaha afite.

Bagabo John

Police yatahuye abantu baboshye ni minyururu babaga mu Rusengero

Police yatahuye abantu baboshye ni minyururu babaga mu Rusengero
Abarwayi bo mu mutwe basanzwe babohejejwe iminyururu

Police yo muri Kenya yatahuye abantu bari babohejejwe iminyururu ku birenge mu Rusengero biganjemo abafite uburwayi bwo mu mutwe.

Amakuru yatangajwe n'ikinyamakuru NTV cyo muri Kenya, cyavuze ko hari abantu biganjemo abafite ibibazo byo mu mutwe harimo na babaswe n'ibiyobyabwenge, asanzwe mu rusengero rwitwa Coptic Holy Ghost Church Father  ruyobowe na Mushumba John Pesa.

Amakuru avuga ko abo barwayi bo mu mutwe bari babohejejwe iminyururu ku maguru bakingiranye mu rusengero bigaragara ko bazahajwe n'ubuzima bubi burimo  kutarya.

Umuyobozi wurwo rusengero yavuze ko bariya bantu bazanywe n'imiryango yabo ngo babasengere bakire, bityo ngo kuriwe ntacyaha afite.

Bagabo John