•     

Posts

Ubutabera

Umurwayi yibye imodoka ya Ambulance yari imutwaye mu bitaro

Amerika: Umugabo wari wigize umurwayi urembye, yakoze amabara ubwo yibaga imodoka yo mubwoko bwa ambulance yari imutwaye mu bitaro...

Ubutabera

Umupolisi ufite ipeti rya Inspector of Police watorokanye...

Tanzania: Umupolisi ifite ipeti rya Inspector of Police (IP) watorokanye amashilingi yagenewe ingoboka z'abantu bitabye Imana, yatorokeye...

Politiki

"Imyigaragambyo yawe ku wambere niwo munsi wanyuma".Gachagua 

Kenya: Visi Perezida wa Kenya Rigathi Gachagua, yabwiye Raila Odinga ko ku wambere tariki 3 Mata 2023 aribwo bwanyuma azakora imyigaragambyo.

Imikino

Kayitaba yafashishe Police Fc gahunda ya Gerayo Amahoro...

Ikipe ya Polisi FC yatsinze ikipe y'ubukombe Rayon sports ibitego 4-2 harimo igitego cya Kayitaba Bosco, ashimangira gahunda ya Gerayo...

Ubutabera

Umujura ruharwa yakatiwe gufungwa imyaka 310 muri Gereza

Kenya: Urukiko muri Eldoret rwakatiye igihano cyo gufungwa imyaka 310 umugabo witwa Humphrey Shilisia, aho yahamwe n'ibyaha bine harimo...

Amakuru

Umuyobozi Nshingwabikorwa  wegereye Yanick nawe yegerewe...

Nyuma yaho Umuyobozi Nshingwabikorwa wa karere ka Kicukiro Umutesi Solange abwiye Perezida Kagame ko yegereye nyiri umutungo Yanick...

Ubuzima

Umugabo yishe abana be babiri nyuma yaho umugore we yahukaniye

Kenya: Umugabo yihekuye nyuma yo kugirana amakimbirane n'umugore we hanyuma mu rwego rwo kwihimura ahita yica abana be babiri

Ubuzima

Yishwe na bashiki be bamuziza ibiryo

Kenya: Abakobwa babiri bavukana bishe mu sazaza wabo ubwo yari atashye nijoro arababwira ngo bamugaburire, havuka intonganya baramukubita...

Ubuzima

Nyuma yo kutavuga ukuri mu gushyingura, umurambo bawusubije...

Tanzania: Abaturage basubije umurambo kuri Polisi nyuma yaho ubwo uwavugaga ubuzima bw'anyakwigendera yavuze ko nyakwigendera yazize...

Ubuzima

Imodoka ya Kaminuza yakoze impanuka hitaba Imana abantu...

Kenya: Abantu 14 baguye mu mpanuka y'imodoka yarimo abanyeshuri n'abakozi ba kaminuza ya Eldoret ubwo bari bagiye mu mikino.