Last seen: 9 minutes ago
Pasiteri Anne Neema utuye mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, yahishuye ko yamaze imyaka 27 anyara kuburiri bituma yanga gushaka umugabo.
Aba nibo bayobozi bivugwa ko bakunzwe muri rubanda kubera igihagararo cyabo ndetse n'uburanga
Mu Burundi hakomeje kuvugwa ikibazo cy'ibura ry'ibikomoka kuri Peterori aho ijerekani ya risanse ubu igura ibihumbi 500 by'amarundi,...
Umushumba wa Kiriziya ku Isi Papa Francis yasabwe kutivanga mu bibazo by'abimukira muri Amerika , ahubwo ngo yite ku bibazo bya Kiriziya...
Umugabo witwa Benard Kipkemoi Kirui, w'inyaka 40 utuye ahitwa Lelaitich, mu Ntara ya Bomet. Yahanishijwe gufungwa imyaka 150 azira...
Shirikia la Waandishi wa Rwanda kwa kushirikiana na Panafrican Movement-Rwanda Chapter watazindua Shindano la Kusoma na Kuandika katika...
Katibu katika Wizala ya Mambo ya Ndani amehakikishia Shirika la Waandishi Nchini ushirikiano mzuri katika Shughuli zote zinazo pangwa...
Ibiro bya Vatikani byatangaje ko Papa Francis ari kuvurwa kubera ko ubuzima bwe butameze neza kandi ko azaguma mu bitaro igihe cyose...
Imamu Muhsin Hendricks wari Umuyobozi w’Umusigiti muri Afurika y’Epfo wari usanzwe yemera ko ari Umutinganyi ndetse abashaka kubana...
Abana bane bo mu muryango umwe bahiriye munzu barakongoka bazize Buje bacanye bamurikisha mu nzu, hanyuma ikaza gufata inzitiramubu...