•     

Tanzania: Breaking:Perezida Samia yababajwe bikomeye n'impanuka y'imodoka ihitanye abantu 10 harimo n'abanyeshuri umunani.

Imodoka itwara abanyeshuri ku kigo cya King David, ikoze impanuka abantu 10 bahasiga ubuzima harimo n'abanyeshuri umunani mdetse hakometeka abandi 19 Perezida Samia akaba yababajwe ikomeye nurwo rwupfu.

Tanzania:  Breaking:Perezida Samia yababajwe bikomeye n'impanuka y'imodoka ihitanye abantu  10 harimo  n'abanyeshuri umunani.
Perezida Samia Hassan Suluhu yababajwe n'urupfu rw'abantu 10 harimo n'abanyeshuri umunani

Perezida watanzania Samia Suluhu Hassan yababajwe nurupfu rwabantu 10 harimo abanyeshuri umunani ndetse abandi 19 barakomereka nkuko Polisi yabitangaje

Iyi mpanuka yabereye mu ntara ya Mtwara,
Umuyobozi wapolisi mu ntara ya Mtwata 
Nicodemus Katembo, yavuze ko abanyeshuri  umunani baguye muriyo mpanuka, umushoferi ndetse n'abandi bakozi biyo bisi.

Akimara  kumva ibyiyi mpanuka Perezida Sami yahise yandika kurubuga rwe rwa Twitter  agaragaza ko ababajwe bikomeye niyo mpanuka, anihanganisha  imiryango yababuze ababo.

Mu minsi ishize, ikinyamakuru Mwananchi giherutse kwandika ko muri Tanzania hadutse icyorezo cy'impanuka zo mu muhanda.

Bagabo John.

Tanzania: Breaking:Perezida Samia yababajwe bikomeye n'impanuka y'imodoka ihitanye abantu 10 harimo n'abanyeshuri umunani.

Tanzania:  Breaking:Perezida Samia yababajwe bikomeye n'impanuka y'imodoka ihitanye abantu  10 harimo  n'abanyeshuri umunani.
Perezida Samia Hassan Suluhu yababajwe n'urupfu rw'abantu 10 harimo n'abanyeshuri umunani

Imodoka itwara abanyeshuri ku kigo cya King David, ikoze impanuka abantu 10 bahasiga ubuzima harimo n'abanyeshuri umunani mdetse hakometeka abandi 19 Perezida Samia akaba yababajwe ikomeye nurwo rwupfu.

Perezida watanzania Samia Suluhu Hassan yababajwe nurupfu rwabantu 10 harimo abanyeshuri umunani ndetse abandi 19 barakomereka nkuko Polisi yabitangaje

Iyi mpanuka yabereye mu ntara ya Mtwara,
Umuyobozi wapolisi mu ntara ya Mtwata 
Nicodemus Katembo, yavuze ko abanyeshuri  umunani baguye muriyo mpanuka, umushoferi ndetse n'abandi bakozi biyo bisi.

Akimara  kumva ibyiyi mpanuka Perezida Sami yahise yandika kurubuga rwe rwa Twitter  agaragaza ko ababajwe bikomeye niyo mpanuka, anihanganisha  imiryango yababuze ababo.

Mu minsi ishize, ikinyamakuru Mwananchi giherutse kwandika ko muri Tanzania hadutse icyorezo cy'impanuka zo mu muhanda.

Bagabo John.