•     

Tanzania: Polisi yataye muriyombi umupadiri watangaje ibihuha

Igipolisi cya Tanzania cyataye muriyombi umupadiri watangaje ibihuha akavuga ko yashimuswe n'abantu atazi, nyamara yarahuze kubera imyenda myinshi yari abereyemo abantu batandukanye akananirwa kuyishura bikamuviramo guhunga aribyo yise ko yashimutwa.

Tanzania: Polisi yataye muriyombi umupadiri watangaje ibihuha
Padiri yatawe muriyombi azira gutangaza ibihuha

Umuvigizi wa Polisi mu ntara ya Iringa Alan Bukumbi, yabwiye itangazamakuru ko Padiri Jordan Kibiki, womuri Paruwase ya Mafinga, mu ntara ya Iringa yatangaje ibihuha binyuze ku butumwa yanditse kuri WhatsApp,  aho yavugaga ko yashimuswe n'abantu atazi bakamujyana mu ntara ya Mbeya.

Uyu Muyobozi ya Polisi yakomeje avuga ko mu iperereza ry'ibanze ryakozwe, rigaragaza ko uwo mupadiri Jordan yahunze abantu yari abereyemo imyenda yananiwe kwishyura maze ahitamo kubeshya ko yashimuswe.

Uyu Muyobozi yaboneyeho gusaba abaturage kijya bitondera amakuru yose anyuzwa kumbuga nkoranyambaga kuko hariho n'amakuru aba ayobya rubanda.

Bagabo John

Tanzania: Polisi yataye muriyombi umupadiri watangaje ibihuha

Tanzania: Polisi yataye muriyombi umupadiri watangaje ibihuha
Padiri yatawe muriyombi azira gutangaza ibihuha

Igipolisi cya Tanzania cyataye muriyombi umupadiri watangaje ibihuha akavuga ko yashimuswe n'abantu atazi, nyamara yarahuze kubera imyenda myinshi yari abereyemo abantu batandukanye akananirwa kuyishura bikamuviramo guhunga aribyo yise ko yashimutwa.

Umuvigizi wa Polisi mu ntara ya Iringa Alan Bukumbi, yabwiye itangazamakuru ko Padiri Jordan Kibiki, womuri Paruwase ya Mafinga, mu ntara ya Iringa yatangaje ibihuha binyuze ku butumwa yanditse kuri WhatsApp,  aho yavugaga ko yashimuswe n'abantu atazi bakamujyana mu ntara ya Mbeya.

Uyu Muyobozi ya Polisi yakomeje avuga ko mu iperereza ry'ibanze ryakozwe, rigaragaza ko uwo mupadiri Jordan yahunze abantu yari abereyemo imyenda yananiwe kwishyura maze ahitamo kubeshya ko yashimuswe.

Uyu Muyobozi yaboneyeho gusaba abaturage kijya bitondera amakuru yose anyuzwa kumbuga nkoranyambaga kuko hariho n'amakuru aba ayobya rubanda.

Bagabo John