•     

Ubufatanye nibwo bwatumye Nyaruguru iba iyambere

Kuba hari abashyinzwe irangamimerere mu mirenge ndetse n'abashinzwe amakuru mu bigo nderabuzima no mubitaro, biri mibyatumye akarere ka Nyaruguru kaza ku isonga n'umwanya wambere mu gihugu nkuko Mayor Dr Murwanashyaka Emmanul yabitangarije ikinyamakuru Rubanda.

Ubufatanye nibwo bwatumye Nyaruguru iba iyambere
Ubufatanye mu nzego zose nicyo cyashoboje Akarere ka Nyaruguru kuba akambere mu mitangire ya Services z'irangamimerere

Mu kiganiro kigufi Mayor w'Akarere ka Nyaruguru yagiranye na Rubanda,  yagize ati"  guha Service nziza abaturage nubufatanye bw'inzego zose nokuba hari abashinzwe  irangamimerere buri murenge ntsetse n'abashinzwe amakuru mubigo nderabuzima  no kubitaro biradufasha, nukuvuga ko buri muyobozi wese ufite aho ahuriye numuturage  harimo abayobozi b'utugari kubera ko bandukura abapfuye ndetse nabavukiye mutugari, ababose baba babigizemo uruhare .

Ubwo bufatanye rero nibwo mvuga , ikindi nanone mvuga  ni ugukurikirana, kuko nanone hari intego iba ihari iyo utayigezeho  urabibazwa."
Mayor yakomeje avuga ko Ikindi nuko buri wakane saa munani bagira   inama rusange ibera ku ikoranabuhanga (Online ) ireba ibipimo by'imitangire ya Service. 

Yashoje avuga ko bagiye kurushaho gushyira imbaraga mu bufatanye bwinzego zose kugirango uko Services zose zitangwa zikomeze gushyirwamo imbaraga.

Akarere ka Nyarugu kabaye akambere n'amanota 96.2 ni mugihe akarere ka Nyabihu ariko kabaye akanyuma n'amanota 77.0

Bagabo John

Ubufatanye nibwo bwatumye Nyaruguru iba iyambere

Ubufatanye nibwo bwatumye Nyaruguru iba iyambere
Ubufatanye mu nzego zose nicyo cyashoboje Akarere ka Nyaruguru kuba akambere mu mitangire ya Services z'irangamimerere

Kuba hari abashyinzwe irangamimerere mu mirenge ndetse n'abashinzwe amakuru mu bigo nderabuzima no mubitaro, biri mibyatumye akarere ka Nyaruguru kaza ku isonga n'umwanya wambere mu gihugu nkuko Mayor Dr Murwanashyaka Emmanul yabitangarije ikinyamakuru Rubanda.

Mu kiganiro kigufi Mayor w'Akarere ka Nyaruguru yagiranye na Rubanda,  yagize ati"  guha Service nziza abaturage nubufatanye bw'inzego zose nokuba hari abashinzwe  irangamimerere buri murenge ntsetse n'abashinzwe amakuru mubigo nderabuzima  no kubitaro biradufasha, nukuvuga ko buri muyobozi wese ufite aho ahuriye numuturage  harimo abayobozi b'utugari kubera ko bandukura abapfuye ndetse nabavukiye mutugari, ababose baba babigizemo uruhare .

Ubwo bufatanye rero nibwo mvuga , ikindi nanone mvuga  ni ugukurikirana, kuko nanone hari intego iba ihari iyo utayigezeho  urabibazwa."
Mayor yakomeje avuga ko Ikindi nuko buri wakane saa munani bagira   inama rusange ibera ku ikoranabuhanga (Online ) ireba ibipimo by'imitangire ya Service. 

Yashoje avuga ko bagiye kurushaho gushyira imbaraga mu bufatanye bwinzego zose kugirango uko Services zose zitangwa zikomeze gushyirwamo imbaraga.

Akarere ka Nyarugu kabaye akambere n'amanota 96.2 ni mugihe akarere ka Nyabihu ariko kabaye akanyuma n'amanota 77.0

Bagabo John