•     

Ubuzima

Abantu babiri bagaragayeho COVID-19

Musanze: Mukarere ka Musanze haravugwa abantu babiri bagaragayeho COVID-19 nkuko byatangajwe na Visi Mayor Kamanzi Axelle ushinzwe...

Abantu 15 bo mu muryango umwe bapfuye bazize igikoma

Namibia: Umuryango wabantu 15 bitabye Imana bazize igikoma bicyekwa ko cyari gifite ubumara

Nyiri byondo yakingiranye abarwayi n'abaganga kubera kutamwishyura

Uganda: Muri Uganda haravugwa inkuru y'ibitaro byafunzwe na nyiri inzu bitewe n'umwenda ungana na Mashilingi ya Uganda angana na Miliyoni...

Aba Dr batatu birukanywe burundu mu kazi bazira kurangarana...

Zanzibar: Abanga batatu ba ba Dogiteri bakoreraga mu bitaro bya Mnazi Hospital birukanywe mu kazi nyuma yaho barangaranye umubyeyi...

Kigali: Hatangijwe gahunda igamije kongerera imbaraga ikigo...

Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’i Burayi yatangije ku mugaragaro umushinga ugamije konerera imbaraga...

Perezida Kagame yabwiye abibasiwe n’ibiza ko nawe ahangayikishijwe...

Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2023, ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yari yasuye abaturage bibasiwe n’ibiza...

Ngoma: Akarere kasabye abishyuza ibirarane batahawe ubwo...

Mu gihe abahoze ari ba konseye b’ibyahoze ari amasegiteri mu Karere ka Ngoma, by’umwihariko mu byahoze ari komine Sake na Mugesera,...

Afurika y’Epfo yemeye guha Congo ubufasha bwo kurwanya...

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa,yasabye ko amakimbirane yo muri Congo no muri Afurika yarangira, yemera gutanga ubufasha...

Kicukiro: Bahitamo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye...

Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga mu guhangana nk’ikibazo cy’ubwandu bushya bw’agakoko gatera SIDA by’umwihariko bwiganje...

Mu Rwanda umubare munini w’abafite ubumuga bibera mu byaro...

Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’indashyikirwa mu karere mu buhanga bw’ibinyabuzima na eUbuzima (CEBE) cya Kaminuza y’u Rwanda, bugaragaza...