Ubuzima
Umugabo yishe umugore amuziza umugati
Umugore witwa Ogochukwu Anene, utuye mu gace kitwa Enugu muri Nigeria wari ufite abana batanu yishwe n'umugabo we amuziza umugati.
Umupolisi yitabye Imana aguye muri Guest House
Umupolisi witwa Stewart Kaino ufite inyaka 47 yasanzwe yapfiriye munzu zicumbikira abagenzi zizwi nka Guest House iherereye mu Ntara...
Umunyeshuri yiyahuye nyuma yaho umukunzi we amubenze
Umunyeshuri witwa Gunze Luhangija, wigaga mu mwaka wa kabiri muri Kaminuza mu ishami ry'icungamutungo mu Ntara ya Moshi muri Tanzania...
Yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina ahita yitaba Imana.
Umusore witwa Nelson Mollel w'imyaka 32 utuye mu ntara ya Arusha muri Tanzania yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina bimuviramo...
Dogiteri ari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60.
Umugabo wo muri Pakistan witwa Dr Sardar Jan Mohammad ufite abagore batatu ari mu byishishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60
Umukinyi w'umupira w'amagaru yishwe n'imbwa ze eshatu
Umukinyi w'umupira w'amaguru witwa Philemon Mulala, ukomoka muri Zambia yariwe nimbwa ze eshatu kugeza ashyizemo umwuka aho yari atuye...
Perezida Kagame yihanganishije imiryango y'abana babanyeshuri...
Polisi y’u Rwanda yemeje ko abana 25, umushoferi n’umwalimu aribo bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri biga kuri...
Abantu 40 bazize impanuka ya bisi ebyiri zagonganye
Perezida wa Senegal Macky Sall, ya shyizeho icyunamo cy'iminsi itatu mu kunamira abantu 40 baguye muri Bus ebyiri zagonganye kuri...
Minisitiri w'Ubuzima yahagaritse abakozi babiri bo kwa...
Minisitiri w'Ubuzima muri Tanzania Ummy Mwarimu yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi bashaka gukoresha...
Umugabo yishe umugore we n'abana be batanu na nyirabukwe...
Umuryango wabantu umunani muri Amerika bishwe na nyiri rugo nawe arirasa nyuma yaho umugore amusabye gatanya.
