•     

Umugore ufite abagabo babiri afite ikibazo cyo kutamenya ise w'umwana.

Umugore witwa Fransine Jisele yatangaje ko afite ikibazo cyo kutamenya ise w'umwana iyo yabyaye kuko atajya amenya uwa muteye inda kuko bose bararana ku gitanda kimwe

Umugore ufite abagabo babiri afite ikibazo cyo kutamenya  ise w'umwana.
Afite abagabo babiri kandi bose abakunda kimwe.

Uyu Jisele Fransine utuye muri RDC, yatangarije kimwe mu binyamakuru ko afite abagabo babiri banana munzu kandi bose akaba abakunda kimwe nacyane ko bana rarana ku gitanda kimwe.

Uburyo uyu Jisele yaje kwisanga afite abagabo babiri,  byaturutse ku kuba umugabo wambere bari bamaranye imyaka itandatu yagiye gupagasa  ntiyagaruka umugore ategereza imyaka itatu araheba, muri uko gutegereza niho yaje guhura nundi mugabo barakundana hanyuma bahita babana.

Jisele agira ikibazo cyo kumenya ise w'umwana

Nyuma wa mugabo wambere yaje kugaruka asanga hari undi mugabo ubana n'umugore we, hanyuma uwo mugore amubwira ko uwo mugabo ata mwirukana kuko ya mubaye hafi kandi amukunda.

Byabaye ngombwa ko bose baba aho muri urwo rugo kandi baka rarana ku gitanda kimwe

Uwo mugabo wambere yabyaranye na Jisele abana babiri ni mugihe uwo mugabo wakabiri babyaranye umwana umwe.

Jisele avuga ko babanye neza mu mahoro kuko bose basangirira hamwe ndetse bakanararana ku buriri bumwe. Gusa ikibazo agira n'ugutandukanya abana kugirango amenye ngo uyu mwana ise ninde.

Bagabo John

Umugore ufite abagabo babiri afite ikibazo cyo kutamenya ise w'umwana.

Umugore ufite abagabo babiri afite ikibazo cyo kutamenya  ise w'umwana.
Afite abagabo babiri kandi bose abakunda kimwe.

Umugore witwa Fransine Jisele yatangaje ko afite ikibazo cyo kutamenya ise w'umwana iyo yabyaye kuko atajya amenya uwa muteye inda kuko bose bararana ku gitanda kimwe

Uyu Jisele Fransine utuye muri RDC, yatangarije kimwe mu binyamakuru ko afite abagabo babiri banana munzu kandi bose akaba abakunda kimwe nacyane ko bana rarana ku gitanda kimwe.

Uburyo uyu Jisele yaje kwisanga afite abagabo babiri,  byaturutse ku kuba umugabo wambere bari bamaranye imyaka itandatu yagiye gupagasa  ntiyagaruka umugore ategereza imyaka itatu araheba, muri uko gutegereza niho yaje guhura nundi mugabo barakundana hanyuma bahita babana.

Jisele agira ikibazo cyo kumenya ise w'umwana

Nyuma wa mugabo wambere yaje kugaruka asanga hari undi mugabo ubana n'umugore we, hanyuma uwo mugore amubwira ko uwo mugabo ata mwirukana kuko ya mubaye hafi kandi amukunda.

Byabaye ngombwa ko bose baba aho muri urwo rugo kandi baka rarana ku gitanda kimwe

Uwo mugabo wambere yabyaranye na Jisele abana babiri ni mugihe uwo mugabo wakabiri babyaranye umwana umwe.

Jisele avuga ko babanye neza mu mahoro kuko bose basangirira hamwe ndetse bakanararana ku buriri bumwe. Gusa ikibazo agira n'ugutandukanya abana kugirango amenye ngo uyu mwana ise ninde.

Bagabo John